Amavu n’amavuko ya Leta ya Vatikani, igihugu gito kurusha ibindi
Umujyi wa Vatikani, umurwa mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, hakaba ingoro y’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi ari naho hari Bazilika ya Mutagatifu Petero […]
Umujyi wa Vatikani, umurwa mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, hakaba ingoro y’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi ari naho hari Bazilika ya Mutagatifu Petero […]
Uyu munsi tariki ya 1 Gashyantare 2025, Abanyarwanda barazirikana intwari z’igihugu. Nk’uko bitangazwa n’Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), kugira ngo umuntu abe […]
Ibihugu bitatu biyobowe n’igisirikare byavuye ku mugaragaro mu muryango w’Akarere ka Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS), nyuma y’umwaka urenga w’amakimbirane ya diplomasi. Uku kwivana muri ECOWAS kuje […]
Umuntu umwe gusa ni we warokotse impanuka y’indege yabereye muri Sudani y’Epfo, yahitanye abakozi 20 bakoraga mu bucukuzi bwa peteroli, nk’uko byatangajwe na leta. Minisitiri […]
Indege itwara abagenzi yarimo abantu 64 barimo abagenzi n’abakozi bayo yaguye mu ruzi rwa Potomac i Washington DC nyuma yo kugonganira mu kirere na kajugujugu […]
Izamuka ritangaje ry’ikigo cy’ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa ‘DeepSeek’ ryateje impagarara mu isi y’ubwenge bukorano (AI), yari isanzwe iyobowe na Leta Zunze ubumwe za Amerika. Ukuri […]
Ku cyumweru, tariki ya 26 Mutarama 2025, abashinzwe umutekano ndetse’abaturage bavuga ko abakekwaho kuba abarwanyi b’intagondwa za kisilamu bishe byibuze abasirikare 20 bo muri Nigeria, […]
Kuva kuwa 24 kugeza kuwa 29 Mutarama 2025, abagize ihuriro ry’Abanyamakuru Gatolika (SIGNIS) baturutse ku isi hose, bateraniye I Roma mu gihugu cya Vatikani. zimwe […]
Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yashinjwe icyaha cyo kwigomeka nyuma yo gutangaza amategeko ya gisirikare yo mu bihe bidasanzwe ku wa 3 […]
Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse guhagarika gutanga inkunga nshya hafi ya zose z’ibikorwa by’ubufasha mu mahanga, nyuma y’itegeko rya ryasinyweho […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS