• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yashinjwe kwigomeka

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yashinjwe icyaha cyo kwigomeka nyuma yo gutangaza amategeko ya gisirikare yo mu bihe bidasanzwe ku wa 3 […]

Amerika yahagaritse inkunga hafi ya zose yageneraga amahanga

January 26, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse guhagarika gutanga inkunga nshya hafi ya zose z’ibikorwa by’ubufasha mu mahanga, nyuma y’itegeko rya ryasinyweho […]

Umushinwa wagabye igitero ku modoka y’abanyeshuri yakatiwe urwo gupfa

January 24, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta y’Ubushinwa yatangaje ko yakatiye umugabo witwa Zhou Jiasheng igihano cy’urupfu, nyuma y’igitero yagabye ku modoka itwara abanyeshuri b’Abayapani biga mu gihugu cy’Ubushinwa. Ku itariki […]

Kenya yakuyeho Viza ku bihugu bya Afurika byose uretse 2

January 22, 2025 Muvunankiko Valens 0

Igihugu cya Kenya cyatangaje ko abaturage bo mu bihugu hafi ya byose bya Afurika batazajya bakenera uburenganzira bwihariye ‘Visa’ mu gihe bashakwa kwinjira muri iki […]

Menya dosiye Trump yahereyeho akigera muri ‘White House’

January 21, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Nyuma yo kurahirira kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mutarama 2025, Perezida Donald Trump […]

Ibitegerejwe mu irahira rya Donald Trump

January 20, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi […]

Amerika: TikTok yari yahagaritswe yongeye gukora

January 20, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald […]

USA: TikTok ishobora gusimburwa na RedNote

January 18, 2025 ICK News 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 19 Mutarama 2025, biteganyijwe ko urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rufungwa muri Amerika kubera impungenge z’umutekano w’igihugu. TikTok ubwayo itangaza ko […]

Amerika yafatiye ibihano umuyobozi mukuru w’ingabo za Sudani

January 17, 2025 Muvunankiko Valens 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]

Brazil: Polisi yibeshye ku ifoto ishinja umugabo ibyaha 62 abeshyerwa

January 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihugu cya Brasil giherereye ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru itangaje ariko inababaje y’umugabo wafunzwe imyaka itatu arengana kubera ifoto ye yakwirakwijwe na Polisi, abatangabuhamya […]

Posts pagination

« 1 … 53 54 55 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS