• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Papa Fransisiko yihanganishije abatuye i Los Angeles

January 11, 2025 Philos Muhire 0

Papa Fransisiko yagaragaje ko ababajwe n’ibyabaye ku baturage ba Los Angeles bibasiwe n’inkongi y’umuriro ikaze ku buryo imaze guhitana abantu 11, yangiza amazu n’insengero harimo […]

Perezida Biden yahamijeko iyo yiyamamaza aba yaratsinze Trump

January 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’, Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari kuba […]

Ibyo wamenya ku miterere y’akazi k’ejo hazaza

January 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]

Trump arateganya guhura na Putin

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]

USA : Inkongi y’umuriro ikomeje guhitana abantu i Los Angeles

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]

2024: Umwaka waciye agahigo ko kurenza ubushyuhe bwa 1.5ºC

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]

Impinduka ntiziraba-Perezida Kagame

January 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro […]

Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]

U Budage n’u Bufaransa byaburiye Trump ushaka kwigarurira ibihugu birimo Canada

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

U budage n’u Bufaransa byihanangirije Donald Trump kwirinda kugerageza “kwigarurira Greenland ku ngufu” nyuma y’aho Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuze ko […]

Trump arifuza ko Canada, Greenland n’Umuyoboro wa Panama bitegekwa na USA

January 8, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, Bwana Donald Trump ashikamye ku cyifuzo cye cy’uko Amerika yakwigarurira Greenland n’Umuyoboro wa Panama, kuko ngo […]

Posts pagination

« 1 … 54 55 56 … 76 »

AMAKURU MASHYA

  • Urubyiruko rwa ICK na HAIP rwakanguriwe guharanira kwibohora kwa Afurika

    Mu rwego rwo kwitegura Umunsi wo Kwibohora kwa Afurika wizihizwa buri mwaka ku wa 25 Gicurasi, umuryango wa Panafrican Movement (PAM) ishami rya Muhanga wakoze […]

  • Perezida Kagame yakiriye Abakuru b’Ibihugu bitabiriye inama ya Afurika y’Abayobozi b’Ibigo

    Ku wa Gatatu tariki ya 13 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Abakuru b’Ibihugu bitandukanye bitabiriye Inama Nyafurika y’Abayobozi b’Ibigo, izwi […]

  • Perezida Yoweri Kaguta Museveni yarahiriye kongera kuyobora Uganda

    Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yarahiriye kongera kuyobora iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwa Afurika. Ibirori byo kurahira kwe byabereye ku kibuga cya Kololo […]

  • Perezida Ruto yagaragaje ko Kenya yashyize imbaraga mu guteza imbere inganda z’imiti

    Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko igihugu cye kiri gufata ingamba zihamye zigamije guteza imbere urwego rw’inganda zikora imiti, n’ibindi bikoresho byo kwa muganga, […]

  • Barcelona yatsinze Real Madrid yegukana Shampiyona

    Mu ijoro ryari ritegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku Isi yose, stade ya FC Barcelona yari yuzuye abafana bagera ku 62,213 bambaye amabara y’amakipe yabo. Hari […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS