Abanyamakuru bo hirya no hino ku isi bagiye guhurira i Vatikani
Mu mpera z’uku kwezi, kuva ku wa 24 kugeza ku wa 26 Mutarama 2025 Umujyi wa Roma, mu Butaliyani uzakira abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byo hirya […]
Mu mpera z’uku kwezi, kuva ku wa 24 kugeza ku wa 26 Mutarama 2025 Umujyi wa Roma, mu Butaliyani uzakira abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byo hirya […]
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko ingabo ze zafashe imfungwa z’intambara zigizwe n’abasirikari babiri bakomeretse bava muri Koreya ya Ruguru. Amafoto y’aba basirikari bigaragara […]
Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yageneye Papa Fransisiko Umudali wa Perezida w’Ubwisanzure (Presidential Medal of Freedom), wo ku […]
Papa Fransisiko yagaragaje ko ababajwe n’ibyabaye ku baturage ba Los Angeles bibasiwe n’inkongi y’umuriro ikaze ku buryo imaze guhitana abantu 11, yangiza amazu n’insengero harimo […]
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’, Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari kuba […]
Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]
Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]
Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]
Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS