• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Saint Valentin: Umunsi w’urukundo n’inkomoko yawo

February 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Harabura amasaha make kugira ngo abantu benshi hirya no hino ku isi bizihize umunsi w’abakundana, umunsi witiriwe Mutagatifu Valentin (Saint Valentin). Uyu munsi wizihizwa tariki […]

2024: Umwaka wishwemo abanyamakuru benshi mu mateka

February 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa 12 Gashyantare 2025 na komite ishinzwe kurengera abanyamakuru CPJ igaragaza ko umubare w’abanyamakuru bishwe ku isi mu mwaka ushize wa […]

Umunsi mukuru mwiza kuri radiyo twakunze, yatumaze irungu

February 13, 2025 UMUTONIWASE Christella 0

Muri 2011, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) ryagennye tariki ya 13 Gashyantare nk’umunsi mpuzamahanga wa radiyo. Radiyo yashyiriweho umunsi wihariye kuko […]

Polisi y’u Butaliyani yataye muri yombi abarenga 130 mu mukwabu wo guhashya abamafia

February 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku wa Kabiri, muri Sicile i Palermo, abantu barenga 130 batawe muri yombi mu mukwabu wakozwe na polisi y’u Butaliyani mu rwego rwo guhashya ababarizwa […]

Abarimo Elon Musk barashaka kugura OpenAI ifite ChatGPT

February 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Itsinda ry’abashoramari riyobowe na Elon Musk ryatanze miliyari 97.4 z’amadolari zo kugura ikigo cya OpenAI, gikora ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano (AI) rya ChatGPT. Ibi byemejwe n’umwunganizi […]

Guatemala: Abarenga 50 bamaze kugwa mu mpanuka ya ‘bus’

February 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuwa mbere, tariki ya 10 Gashyantare 2025, bisi yerekezaga mu murwa mukuru wa Guatemala ivuye mu mujyi wa San Agustin Acasaguastlan, ubwo […]

Ingabo za Sudani zigiye gushyiraho guverinoma nshya nyuma yo gufata umurwa mukuru

February 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umuyobozi w’ingabo za Sudani yavuze ko hagiye gushyirwaho guverinoma y’inzibacyuho mu gihe kitarambiranye, nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru, Khartoum, mu ntamabara igisirikare cy’igihugu gihanganyemo n’umutwe […]

Trump na Putin baganiriye ku irangizwa ry’intambara muri Ukraine

February 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko yagiranye ikiganiro na mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin, kuri telefoni ku bijyanye no guhagarika […]

Ibidasanzwe kuri Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatikani

February 8, 2025 Philos Muhire 0

Bazilika ya Mutagatifu Petero (Basilica Sancti Petri) ni imwe muri kiliziya zikomeye ku isi, ikaba ifite amateka akomeye n’icyubahiro gikomeye muri Kiliziya Gatolika. Iyi kiliziya […]

Mali: Abantu barenga 50 biciwe mu gitero cy’abagizibanabi

February 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali nyuma y’uko abagizibanabi bitwaje intwaro bateze imodoka zarimo abaturage ndetse n’izindi […]

Posts pagination

« 1 … 50 51 52 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS