Polisi y’u Butaliyani yataye muri yombi abarenga 130 mu mukwabu wo guhashya abamafia
Ku wa Kabiri, muri Sicile i Palermo, abantu barenga 130 batawe muri yombi mu mukwabu wakozwe na polisi y’u Butaliyani mu rwego rwo guhashya ababarizwa […]
Ku wa Kabiri, muri Sicile i Palermo, abantu barenga 130 batawe muri yombi mu mukwabu wakozwe na polisi y’u Butaliyani mu rwego rwo guhashya ababarizwa […]
Itsinda ry’abashoramari riyobowe na Elon Musk ryatanze miliyari 97.4 z’amadolari zo kugura ikigo cya OpenAI, gikora ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano (AI) rya ChatGPT. Ibi byemejwe n’umwunganizi […]
Mu gitondo cyo kuwa mbere, tariki ya 10 Gashyantare 2025, bisi yerekezaga mu murwa mukuru wa Guatemala ivuye mu mujyi wa San Agustin Acasaguastlan, ubwo […]
Umuyobozi w’ingabo za Sudani yavuze ko hagiye gushyirwaho guverinoma y’inzibacyuho mu gihe kitarambiranye, nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru, Khartoum, mu ntamabara igisirikare cy’igihugu gihanganyemo n’umutwe […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko yagiranye ikiganiro na mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin, kuri telefoni ku bijyanye no guhagarika […]
Bazilika ya Mutagatifu Petero (Basilica Sancti Petri) ni imwe muri kiliziya zikomeye ku isi, ikaba ifite amateka akomeye n’icyubahiro gikomeye muri Kiliziya Gatolika. Iyi kiliziya […]
Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali nyuma y’uko abagizibanabi bitwaje intwaro bateze imodoka zarimo abaturage ndetse n’izindi […]
Ejo ku wa Gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025, umugabo uturuka muri Romania yinjiye muri Basilika ya Mutagatifu Petero i Vatikani, yurira ku gicaniro nyamukuru, […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasinye itegeko rya Perezida rishyiraho ibihano ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), arushinja “ibikorwa bitemewe kandi bidafite […]
Perezida wa Argentine, Javier Milei, yateye ikirenge mu cya Donald Trump atangaza ko igihugu cye nacyo kizava mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS). […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS