• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Minisitiri w’Imari wa Afurika y’Epfo yasubitse ibyo gutangaza ingengo y’imari y’uyu mwaka

February 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

Minisitiri w’Imari wa Afurika y’Epfo, Enoch Godongwana,yahagaritse igikorwa cyo gutangaza ingengo y’imari iki gihugu kizakoresha muri uyu mwaka bitewe no kutumvikana n’abagize guverinoma. Abagize guverinoma […]

Conclave: Ibyo wamenya ku itorwa rya Papa

February 19, 2025 Philos Muhire 0

Ku itariki ya 14 Gashyantare 2025, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko yajyanywe mu bitaro bya Gemelli i Roma kubera indwara zo mu […]

Vatikani yatangaje ko Papa Fransisiko uri mu bitaro arwaye umusonga

February 19, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatatu, Vatikani yavuze ko Papa Fransisiko umaze iminsi itandatu mu bitaro bya Agostino Gemelli Polyclinic i Roma kugira ngo avurwe indwara zandurira […]

Uganda: Nta murwayi wa Ebola usigaye mu bitaro

February 19, 2025 Kwihangana Joshua 0

Uganda yatangaje ko abarwayi umunani ba Ebola bari basigaye mu bitaro bamaze gusezererwa. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda ndetse byemezwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye […]

‘Commonwealth’ yasabye Uganda gufungura Kizza Besigye

February 18, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Kabiri, Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth) wasabye Uganda, igihugu kigize uyu muryango w’ibihugu 56, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, […]

Mali: Abarenga 40 bapfuye bagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo zahabu

February 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abantu barenga 40 biganjemo abagore, bapfuye nyuma yo kugwirwa n’ikirombe gicukurwamo zahabu mu buryo butemewe n’amategeko mu gace ka Kayes gakungahaye kuri zahabu gaherereye mu […]

Amerika: Abantu icumi bamaze guhitanwa n’umwuzure

February 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nibura abantu icumi babaze guhitanwa n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi yibasiye amajyepfo y’iburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’iki cyumweru. Iyi mvura yatumye […]

Amerika: Abihinduje igitsina bakumiriwe mu ngabo

February 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Pentagon), cyatangaje ko kitazongera kwakira abihinduje igitsina mu ngabo, ndetse ko n’abari bafite gahunda yo kubikora bakumiriwe. Ibi […]

Pakisitani: Abantu icumi bahitanywe n’igisasu

February 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, mu gace ka Harnai, gaherereye mu ntara ya Balochistan, abantu 10 bapfuye abandi barakomereka. Abayobozi bo muri ako karere bavuze ko […]

Liberia: Perezida yahagaritse abayobozi barenga 450 bazira kutamenyekanisha umutungo

February 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, yahagaritse ku kazi abakozi barenga 450 bakuru mu nzego za leta, barimo abaminisitiri, kubera kutamenyesha umutungo wabo ku kigo kirwanya […]

Posts pagination

« 1 … 49 50 51 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS