Uganda yohereje ingabo zidasanzwe muri Sudani y’Epfo iri gututumbamo intambara
Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko kuri uyu wa kabiri, igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Amajyepfo Juba, […]
Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko kuri uyu wa kabiri, igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Amajyepfo Juba, […]
Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Werurwe, uwahoze ari Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte, yatawe muri yombi nyuma y’uko Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rusohoye impapuro […]
Nubwo Papa Fransisko akomeje kuvurirwa mu bitaro bya Gemelli i Roma, ntibimubuza gukomeza inshingano ze za gishumba cyane ko mu minsi itatu ishize nta bibazo […]
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 7 Werurwe, umujenerali n’abasirikare benshi biciwe mu gitero cyagabwe kuri kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye yageragezaga […]
Ibitangazamakuru byinshi byo muri Koreya y’Epfo biratangaza ko abantu 15 bo muri icyo gihugu bakomerekeye mu mpanuka y’indege, aho babiri muri bo bakomeretse bikabije, nyuma […]
Nta gushidikanya ko kimwe mu bisubizo ufitiye umutwe w’iyi nkuru harimo impanuka. Imwe mu ngaruka mbi z’impanuka ni uko zitwara ubuzima bw’abantu. Urugero rwa hafi […]
Ikigo gikora ubushakashatsi ku bikorwa by’iterabwoba (Global Terrorism Index – GTI) cyagaragaje ko Akarere ka Sahel gaherereye mu majyepfo y’ubutayu bwa Sahara, ariho hantu hambere […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaraye agejeje ijambo ry’iminota 99 kuri Kongere ya Amerika, rikaba ari ryo rirerire mu mateka y’iyi […]
Kuri uyu wa kane, abashinzwe ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuze ko indwara imaze guhitana abantu barenga 50 mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu […]
Nkuko byatangajwe na Banki y’Isi , Abantu benshi batuye muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara babeshwaho n’amafaranga bohererezwa n’imiryango yabo iba mu mahanga. Ariko, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS