• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Trump yavuze ko azavugana na Putin ku wa Kabiri ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine

March 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya kuvugana na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin ku wa Kabiri kugira ngo baganire […]

59 bahitanywe n’inkongi y’umuriro mu kabyiniro ko muri Macedonia ya Ruguru

March 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri iki cyumweru, inkongi y’umuriro yibasiye akabyiniro kuzuye abantu mu mujyi wa Kocani muri Macedonia ya Ruguru, ihitana abantu 59 abandi barenga 150 barakomereka, nkuko […]

Amerika: 34 bahitanywe n’inkubi y’umuyaga yibasiye amajyepfo y’igihugu

March 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Byibura abantu 34 bamaze gupfa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bazize inkubi y’umuyaga yibasiye Leta nyinshi zo mu majyepfo y’iburasirazuba bw’iki gihugu ku mugoroba […]

Arumeniya na Azerbaijani bemeranyije amasezerano y’amahoro nyuma y’intambara imaze hafi imyaka mirongo ine

March 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa kane tariki ya 13 Werurwe abayobozi ba Arumeniya na Azerbaijani batangaje ko impande zombi zemeye amasezerano y’amahoro agiye kurangiza intambara imaze hafi imyaka mirongo […]

U Burusiya ntibukozwa iby’agahenge mu ntambara buhanganyemo na Ukraine

March 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 Werurwe, umujyana wa Perezida Vladimir Putin mu bya politiki y’ububanyi n’amahanga, yatangaje u Burusiya butari bwemera icyifuzo cya […]

Loni irashinja Isiraheli gukora ibikorwa bya Jenoside muri Gaza

March 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zavuze ko Israel yakoze “ibikorwa bya Jenoside” byibasiye Abanyapalestine binyuze mu gusenya ibigo by’ubuvuzi byita ku bagore mu gihe cy’intambara yo muri […]

Papa Fransisiko yujuje imyaka 12 ari Umushumba wa Kiliziya Gatolika

March 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abakirisitu Gatolika ku Isi hose bifatanyije na Papa Fransisiko wujuje isabukuru y’imyaka 12 ishize Papa Fransisiko atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Abakristu […]

Sinzaganira nawe, ‘kora icyo ushaka’-Perezida wa Iran abwira Trump

March 12, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wa Iran yatangaje ko atazigera yemera kugirana ibiganiro na Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeraho ko Trump yazakora icyo ashaka. […]

Amerika yasubukuye inkunga mu by’umutekano kuri Ukraine yemeye guhagarika intambara

March 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa kabiri, Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeye gusubukura imfashanyo za gisirikare n’izo gusangira amakuru y’ubutasi na Ukraine nyuma y’uko Kyiv ivuze ko yiteguye gushyigikira […]

U Buhinde: Harateganywa igihano cy’urupfu ku bahatira abandi guhindura idini

March 11, 2025 Umutesi Aline 0

Abayobozi bo mu ntara ya Madhya Pradesh, iri hagati mu Buhinde ikaba ituwe n’abasaga miliyoni 72, barimo gutekereza gushyiraho igihano cy’urupfu ku bantu bashinjwa guhatira […]

Posts pagination

« 1 … 46 47 48 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS