• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Papa Fransisiko yagarutse i Vatican nyuma y’ibyumweru bitanu ari mu bitaro

March 23, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri iki cyumweru, Papa Fransisiko yagarutse i Vatikani nyuma koreherwa n’indwara y’umusonga (double pneumonia) yari amaze hafi ibyumweru bitandatu yivuriza mu bitaro bya Gemelli i […]

Papa Fransisiko arava mu bitaro kuri iki Cyumweru

March 22, 2025 ICK News 0

Biteganyijwe ko kuri iki Cyumweru Papa Fransisiko asohoka mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga arwariye mu Bitaro bya Gemelli. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi w’itsinda ry’abaganga bashinzwe kumwitaho […]

Niger: Igitero cy’Abajihadiste cyahitanye abantu 44.

March 22, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 21 Werurwe, Minisiteri y’ingabo ya Niger yavuze ko abarwanyi ba kisilamu bishe nibura abasivili 44 abandi 13 […]

Papa Fransisiko yatanze miliyoni y’amayero ku batagira aho baba

March 21, 2025 Philos Muhire 0

Papa Fransisiko uri mu Bitaro bya Gemelli yatanze inkunga ya miliyoni imwe y’amayero kugira ngo ifashe abatagira aho baba. Aya mafaranga azakoreshwa mu kubaka inzu […]

Amerika: Trump yasinye iteka rikuraho ishami rishinzwe uburezi

March 21, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa kane, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yateye intambwe yo gukuraho ishami ry’uburezi, ashyira umukono ku iteka rya Perezida […]

Trump arifuza ko Amerika yacunga ibigo bitanga ingufu muri Ukraine

March 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nyuma y’ibyumweru bashyamiraniye muri White House, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, bavuze ko bagiranye ikiganiro kuri […]

Abashakashatsi ba NASA bagarutse ku Isi nyuma y’amezi 9 baraheze mu Isanzure

March 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashakashatsi ba NASA, Butch Wilmore na Suni Williams, bagarutse ku Isi amahoro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025, nyuma y’amezi icyenda bari […]

Perezida Putin yemereye Trump agahenge katuzuye

March 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Vladimir Putin yanze guhagarika intambara mu buryo bwihuse kandi bwuzuye muri Ukraine, yemera gusa guhagarika ibitero ku bikorwa remezo bitanga ingufu bya Ukraine nyuma […]

OMS iratabariza ibihugu bishobora kubura imiti ya SIDA nyuma yihagarikwa rya USAID

March 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa mbere, tariki ya 17 Werurwe, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko icyemezo cy’ubutegetsi bwa Trump cyo guhagarika imfashanyo z’amahanga “cyahagaritse […]

Abarenga 400 bapfiriye mu bitero bikomeye bya Israel muri Gaza

March 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisiteri y’ubuzima iyoborwa na Hamas yavuze ko nibura abantu 400 bamaze gupfa nyuma y’ibitero bikomeye by’indege za Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa […]

Posts pagination

« 1 … 45 46 47 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS