Umujyi wa Kigali watangiye gutegura ivugururwa rya Nyabugogo
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye gutangira igikorwa cyo kubarura ibikorwa byose biri i Nyabugogo mu rwego rwo gutegura imirimo yo kuvugurura Gare ya […]
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye gutangira igikorwa cyo kubarura ibikorwa byose biri i Nyabugogo mu rwego rwo gutegura imirimo yo kuvugurura Gare ya […]
Kuri uyu wa Kane, tariki 17 Mata 2025, abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Munini bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi […]
Ubushakashatsi bushya bwa karindwi ku mibereho rusange y’ingo (EICV7) bwashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Mata 2025, bugaragaza […]
Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryatangaje kumugaragaro ko ryemerewe kwigisha amashami mashya mu Ishami ry’uburezi harimo n’amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza. Nk’uko byatangajwe […]
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 15 Mata 2025, mu Murenge wa Runda habereye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]
Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na Kaminuza ya Oradea, imwe muri kaminuza zikomeye za Leta ya Romania, zagaragaje inyota yo kurushaho gushimangira ubufatanye bwari […]
Kuri uyu wa 14 Mata mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ahatangiwe ubuhamya bwerekana […]
Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi ni uruganda rw’Ubumenyi, aho amashuri yigirwamo ahora afite abanyeshuri, haba mu mibyizi, muri weekendi, yewe no mu biruhuko, iri ni […]
Ishyirahamwe ry’umukino w’amaboko wa basketball mu rwanda (FERWABA) ku bufatanye na Komite Olempike bateguye irushanwa ryo kwibuka abagize umuryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe […]
Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, bo mu Murenge wa Nyarubuye, Akarere ka Kirehe barishimira ko urwibutso ruruhukiyemo imibiri y’ababo rwasanwe nyuma y’imyaka irenga […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS