• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Rwanda: Ishusho y’uburezi n’isoko ry’umurimo mu mboni za Banki y’Isi

September 18, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Banki y’isi iragaragaza ko hakiri urugendo rurerure kugira ngo u Rwanda rugere ku ntego z’iterambere rirambye rishingiye ku bumenyi n’ubwo igihugu cyafashe ingamba zikomeye mu […]

Gicumbi: Barasaba ko imihanda migenderano yasanwa

September 18, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi cyane cyane abakoresha imihanda migenderano barasaba ko hagira igikorwa igasanwa kuko n’ahasigaye hatarangirika hazacukuka mu gihe nta […]

Gicumbi: Barinubira umunuko uturuka mu kimoteri kiri iruhande rw’isoko

September 18, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bakorera ubucuruzi mu isoko rya Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba ko ividurwa ry’ikimoteri kiri hafi y’isoko byajya bikorwa mu masaha ya […]

Gicumbi: Barasaba ko gukaraba intoki ahahurira abantu benshi byakongerwamo imbaraga

September 17, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu   batuye mu Murenge wa Byumba wo mu Karere ka Gicumbi bavuga ko umuco wo gukaraba usa nk’uwasinziriye mu bice binyuranye bihuriramo abantu benshi […]

Amacupa avamo ‘Liquor’ mu bibangamiye ibidukikije

September 17, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu batuye mu duce dutandukanye tw’akarere ka Gicumbi barinubira ibimene by’amacupa avamo inzoga za liquor zizwi nk’ibyuma usanga binyanyagiye hirya no hino. Aba baturage […]

Muhanga: Ikibazo cy’ibura ry’amazi kiracyari ingutu

September 16, 2024 Muvunankiko Valens 0

Tumwe mu duce tw’akarere ka Muhanga by’umwihariko mu Mujyi no mu nkengero zawo dukomeje guhura n’ikibazo cy’ibura ry’amazi. Bamwe mu baturage bo muri utu duce […]

BetPawa Playoffs: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC

September 15, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu mikino irindwi ya nyuma ya kamarampaka, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda (APR BBC) yongeye gutsinda Patriots BBC mu mukino wa gatatu bituma iyobora kuko ifite […]

Kamonyi yaciye ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri

September 15, 2024 Muvunankiko Valens 0

Muri iyi minsi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igikorwa cyo guca ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri mu rwego rwo gukumira akajagari no kwirinda ko ubwinshi […]

Sobanukirwa ‘anthropomorphism’ itera bamwe kugirira amarangamutima ibidafite ubuzima

September 13, 2024 Umutesi Aline 0

Ushobora kuba uzi umuntu ukunda gutonganya ibikoresho bye, cyangwa se akagaragariza amarangamutima ibindi bintu bitari abantu. Kimwe mu byo abashakashatsi bahurizaho ku gitera umuntu kwitwara […]

Nyampinga w’Ububiligi arasaba abanyamahanga kureka kugaragaza Afurika uko itari

September 12, 2024 Kwihangana Joshua 0

Tariki 10 Nzeri 2024, nibwo Nyampinga w’Ububiligi wa 2024, Kenza Johanna Ameloot, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yasangije abamukurikira ifoto ari kumwe n’abana b’abanyeshuri […]

Posts pagination

« 1 … 101 102 103 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS