• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Abatujwe n’Akarere ka Muhanga barashima  

September 21, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abaturage batujwe n’Akarere ka Muhanga kubwo kutagira aho kuba, barashimira ubuyobozi bw’akarere bwabahinduriye ubuzima bakaba bakataje mu nzira y’iterambere. Abatujwe ni abataragiraga aho kuba n’abari […]

Muhanga: Barifuza kuvugururirwa isoko rya Nyabisindu

September 20, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abacururiza n’abagurira mu isoko rya Nyabisindu riherereye mu Karere ka Muhanga bavuga ko babangamiwe no kuba iri soko ritavuguruye kuko bituma ubuhahirane bidakorwa uko bikwiye. […]

Hari Icyizere ko amayaga azongera agatoha-V/Mayor Niyongira

September 20, 2024 Umutesi Aline 0

Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Kamonyi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Bwana Niyongira Uzziel aratangaza ko hari icyizere cy’uko amayaga azongera agatoha kubera umushinga ‘Green Amayaga’. Bwana Niyongira […]

Kuki hari abatarakuraho isakaro rya Asbestos? RHA igaragaza impamvu

September 20, 2024 Ishimwe Honore 0

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu (RHA) gishinzwe imiturire butangaza ko hari bamwe mu baturage bakomeje kwinangira bakaba badashaka guca ukubiri n’isakararo rya Fibro Sima (Asbestos). Ibi bigarukwaho […]

Bosnia Herzegovina: Vatikani yatanze uburenganzira bwo gusengera ahantu bivugwa ko Bikira Mariya yabonekeye

September 19, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Kane tariki ya 19, 2024, Ibiro bya Papa bishinzwe amahame y’ukwemera byatanze uburenganzira ku bakristu Gatolika bwo gukomeza kujya gusengera mu gace […]

Menya amateka ya Diyosezi ya Butare n’Abepiskopi bayiyoboye

September 19, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Abakirisitu ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda, by’umwihariko mu Turere twa Nyanza, Huye na Gisagara bategerezanyije amatsiko ibirori byo kwimika Umwepiskopi mushya wa Diyosezi ya Butare, […]

Rwanda: Ibikomeje kuranga Nzeri yahariwe gusoma  

September 19, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ejo ku wa Gatanu, tariki ya 20 Nzeri 2024, u Rwanda ruzizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo gusoma no kwandika. Biteganyijwe ko ibirori byo kwizihiza uyu munsi […]

Kamonyi-Musambira: Barasaba kubakirwa iteme rimaze igihe ryaratwawe n’amazi

September 19, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abaturage batuye mu tugari twa Mpushi na Kivumu, mu murenge wa Musambira ho mu Karere ka Kamonyi barasaba ubuyobozi kubavugururira iteme rimaze umwaka urenga n’amazi. […]

BetPawa Playoffs: APR na Patriots zikomeje gukubana

September 18, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe ya Patriots BBC imaze gutsinda APR BBC mu mukino wa kane w”imikino ya nyuma ya kamarampaka. Uyu mukino wabereye muri BK Arena kuva saa […]

Kaminuza Gatolika y’u Rwanda yashyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 266

September 18, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Nzeri 2024 Kaminuza Gatolika y’u Rwanda (CUR) yatanze impamyabumenyi ku banyershuri 266 barangije amasomo y’icyiciro cya kabiri cya […]

Posts pagination

« 1 … 100 101 102 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS