Kamonyi-Musambira: Barasaba kubakirwa iteme rimaze igihe ryaratwawe n’amazi
Abaturage batuye mu tugari twa Mpushi na Kivumu, mu murenge wa Musambira ho mu Karere ka Kamonyi barasaba ubuyobozi kubavugururira iteme rimaze umwaka urenga n’amazi. […]
Abaturage batuye mu tugari twa Mpushi na Kivumu, mu murenge wa Musambira ho mu Karere ka Kamonyi barasaba ubuyobozi kubavugururira iteme rimaze umwaka urenga n’amazi. […]
Urubuga nkoranyambaga rwa Instagram rwatangije ku mugaragaro uburyo bushya bwo bwo gufasha abangavu gukoresha uru rubuga mu buryo bukwiye. Icyemezo cyo kuzamura umutekano kuri konti […]
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi cyane cyane abakoresha imihanda migenderano barasaba ko hagira igikorwa igasanwa kuko n’ahasigaye hatarangirika hazacukuka mu gihe nta […]
Bamwe mu bakorera ubucuruzi mu isoko rya Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba ko ividurwa ry’ikimoteri kiri hafi y’isoko byajya bikorwa mu masaha ya […]
Abantu benshi bakunze kwitiranya ibintu aho bafata ibinyobwa byongera imbaraga ‘energy drinks’ nk’ibinyobwa byo kwifashisha muri siporo cyangwa se bakabifata nk’ibinyobwa bikwiye mu kumara inyota […]
Bamwe mu batuye mu Murenge wa Byumba wo mu Karere ka Gicumbi bavuga ko umuco wo gukaraba usa nk’uwasinziriye mu bice binyuranye bihuriramo abantu benshi […]
Bamwe mu batuye mu duce dutandukanye tw’akarere ka Gicumbi barinubira ibimene by’amacupa avamo inzoga za liquor zizwi nk’ibyuma usanga binyanyagiye hirya no hino. Aba baturage […]
Imibare y’abahitanywe n’imyuzure iherutse kwibasira u Burayi bwo hagati ikomeje kwiyongera kuko muri Repubulika ya Czech, Polonye na Autriche hagaragaye abandi bantu bahitanywe n’iyo myuzure. […]
Tumwe mu duce tw’akarere ka Muhanga by’umwihariko mu Mujyi no mu nkengero zawo dukomeje guhura n’ikibazo cy’ibura ry’amazi. Bamwe mu baturage bo muri utu duce […]
Muri iyi minsi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igikorwa cyo guca ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri mu rwego rwo gukumira akajagari no kwirinda ko ubwinshi […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS