Abagore barasabwa kudatinya imyanya y’ubuyobozi
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Nzeri 2024, Akarere ka Muhanga kakiriye inteko rusange ya gatatu y’abagize urunana rw’abagore bakora mu nzego z’imitegekere y’igihugu […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Nzeri 2024, Akarere ka Muhanga kakiriye inteko rusange ya gatatu y’abagize urunana rw’abagore bakora mu nzego z’imitegekere y’igihugu […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku buzima (OMS) riratangaza ko hakenewe ishoramari rihambaye mu kwita ku bwiyongere bw’ibibazo by’ubuzima bw’ingimbi n’abangavu bakabakaba Miliyari 1.3 bo […]
Ku nkengero z’umuhanda Kigali-Muhanga-Huye hakomeje kubakwa ibikorwa binyuranye hagamijwe gufasha abantu kwinezeza ndetse no gufasha abakoresha uyu muhanda kubona ahantu ho kuruhukira by’akanya gato. Kimwe […]
Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) bwo muri 2022 bugaragaraza ko indwara zitandura zikomeje kwoyongera mu baturarwanda. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko indwara y’umuvuduko w’amaraso yiyongereye […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Nzeri 2024, Igisirikare cya leta ya Sudani cyagabye igitero gikomeye ku mutwe ihanganye nawo wa Rapid Support Forces […]
Ubumuga bw’amaso bw’abana bukomeje kwiyongera ku Isi kuko ubushakashatsi mpuzamahanga bugaragaza ko umwana umwe mu bana batatu ashobora kuba afite ikibazo cyo kutareba neza kure […]
Ubushakashatsi bwakozwe n’abarimu bo muri Kaminuza ya Ontario Queen yo muri Canada bwerekanye ko abagore babyarira abandi ‘surrogates’ bafite ibyago byinshi byo kugira ibibazo bikomeye […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu buratangaza ko bukomeje igikorwa cyo kubakira abasenyewe n’ibiza mu mwaka ushize wa 2023. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi ‘Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe […]
Amahirwe y’akazi mu bijyanye n’ikoranabuhanga akomeje kwiyongera uko iminsi ishira indi igataha. Ibi bishingirwa ku byatangajwe na Minisitiri w’Ikoranabuhanga, Itumanaho no Guhanga udushya, Madamu Ingabire […]
Uburengerazuba bwa Afurika by’umwihariko Ghana na Nigeria, buri guhura n’ikibazo cy’ubwiyongere bw’abagize itsinda ryiyise ‘hustle kingdoms’. Ubwami bw’aba-Hustle ni amashuri atemewe yigisha abantu gukora ubujura […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS