Ngoma: Minisitiri Nyirishema yasabwe ubuvugizi ku mishinga y’iterambere
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 09 Ukwakira 2024, Minisitiri wa Siporo, Hon. Nyirishema Richard uherutse guhabwa inshingano zo kuba imboni y’Akarere ka Ngoma, yagiriye […]
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 09 Ukwakira 2024, Minisitiri wa Siporo, Hon. Nyirishema Richard uherutse guhabwa inshingano zo kuba imboni y’Akarere ka Ngoma, yagiriye […]
Mu binyejana by’imyaka ishize, umuhanga mu by’ubukure (Gerontologist) Jay Olshansky n’abandi banditsi bagaragaraje ko ku mpuzandengo, abana bavuka muri iki gihe bashobora kuzabaho kugeza ku […]
None ku Cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2024, Ishuri rya Cité Nazareth de Mbare ryo muri Diyosezi ya Kabgayi ryahimbaje Yubile y’imyaka 25 rimaze rishinzwe. […]
Icyumweru kirashize mu Rwanda hagaragaye abarwayi ba mbere b’icyorezo cya Marburg. Kuva icyo gihe u Rwanda rwashyizeho ingamba zo gukumira ikwirakwira ry’iki cyorezo zirimo kwirinda […]
Uko iminsi ihita indi igataha, abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeza kwiyongera bijyanye n’iterambere ry’ikoranabuhanga. Imibare y’ikigo Meta yo muri 2024, igaragaza ko WhatsApp yonyine ikoreshwa n’abangana […]
Bamwe mu bahinzi b’ibijumba bo mu Murenge wa Nyankenke ho mu Karere ka Gicumbi na Kisaro muri Rulindo, batewe impungenge n’uburwayi bwadukiriye ibijumba, ku buryo […]
Abasheshe akanguhe barasaba inzego zibishinzwe ko zatekereza ku cyifuzo cyabo cyo kuba hazamurwa amafaranga y’ubwiteganyirize azwi nka ‘Pansiyo’ akajyanishwa n’uko ibihe ku masoko bihagaze. Iki […]
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice aratangaza ko ikibazo abahinzi bo mu Karere ka Kamonyi bari bafitanye n’umufatanyabikorwa Rumbuka cyashakiwe umuti ku buryo bitarenze Ukwakira […]
Umubare w’abantu bamaze kwicwa n’umwuzure ndetse n’inkangu byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu mpera z’icyumweru mu gihugu cya Nepal giherereye ku mugabane wa Asia umaze kugera […]
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ibinyabutabire bigera kuri 200 bifitanye isano na kanseri y’ibere bikoreshwa mu gukora ibipfunyikwamo ibiribwa ndetse n’ibikoresho byo ku meza bya pulasitike. […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS