Kamonyi: Abahinzi bijejwe ko Ukwakira kuzarangira Rumbuka yabishyuye Ideni ryose ibafitiye
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice aratangaza ko ikibazo abahinzi bo mu Karere ka Kamonyi bari bafitanye n’umufatanyabikorwa Rumbuka cyashakiwe umuti ku buryo bitarenze Ukwakira […]
