Siporo, guteka n’umuziki: Inzira z’ubuzima bwiza
Ese iyo ugiye guhitamo ibikuruhura ujya wita ku kamaro bifitiye umubiri wawe cyangwa ushingira ku kuba bigishimisha gusa? Muri iyi myaka, ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje umumaro […]
Ese iyo ugiye guhitamo ibikuruhura ujya wita ku kamaro bifitiye umubiri wawe cyangwa ushingira ku kuba bigishimisha gusa? Muri iyi myaka, ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje umumaro […]
Si igitangaza ko usanga hari ingo muri Muhanga zifite amazi y’ubwoko bubiri, amazi asanzwe atangwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) ndetse n’andi mazi bavomesha ku mariba […]
Muri iki gihe imvura y’umuhindo iri kugwa hirya no hino mu gihugu, abana baba ku muhanda ni bamwe mu bari kugirwaho ingaruka kuko ntaho kuyikinga […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) riratangaza ko abagore n’abakobwa barenga miliyoni 370 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakiri bato. Ibi byatangarijwe na UNICEF […]
Hashize imyaka irenga 30, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bishinzwe. Ni ibitaro byashinzwe mu mwaka w’ 1993 mbere gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Igitekerezo […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, ‘Itorero ry’Aba-Presbyterienne mu Rwanda/ Paruwasi ya Kabadaha ryoroje abaturage 110 bo mu Karere ka Muhanga. Aba […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rirahamagarira za guverinoma, abakoresha, imiryango ihagarariye abakozi n’abakoresha, n’abandi bafatanyabikorwa bashinzwe ubuzima n’umutekano by’abakozi gufatanyiriza hamwe guteza imbere […]
Leta z’ibihugu bitandukanye hirya no hino ku isi, zikomeje guhangana n’ingaruka z’imihidagurikire y’ikirere muri iki gihe kubera ibiza bidasiba kwibasira isi. Uhereye ku nkubi z’umuyaga, […]
Kuri uyu wa kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, i Zaza mu Karere ka Ngoma hasorejwe icyumweru cy’ubukangurambaga ku kwimakaza ihame ry’uburinganire. Ni ubukangurambaga bwatangiye […]
Ifunguro rya mugitondo rikunze gufatwa nk’ifunguro ry’ingenzi ry’umunsi ariko abahanga basanze mu gihe cyo kugabanya ibiro, abagabo n’abagore bagomba guhitamo amafunguro atandukanye cyane. Abagabo bashaka […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS