• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: June 2026

Perezida Kagame yakiriye intumwa z’abayobozi b’ibigo bikomeye byo muri Panama

June 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa zigizwe n’abanyamuryango 19 b’umuryango Mpuzamahanga w’Abayobozi Bakiri Bato b’Ibigo n’Abashoramari (Young Presidents’ Organization), YPO, n’abo bashakanye, […]

Afurika y’Epfo: Imyigaragambyo yamagana abimukira ikomeje gufata intera

June 9, 2026 ICK News 0

Imyigaragambyo yamagana abimukira badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko ikomeje kwiyongera muri Afurika y’Epfo mu gihe igihugu cyitegura amatora y’inzego z’ibanze ateganyijwe kuba mu Ugushyingo uyu mwaka. […]

Abarerera muri College Sainte Marie Reine Kabgayi basabwe kutihunza inshingano zo kurera mu gihe cy’ibiruhuko

June 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ababyeyi barerera mu Ishuri rya College Sainte Marie Reine Kabgayi, basabwe kurushaho kwita ku burere no gukurikirana abana babo mu gihe cy’ibiruhuko, kugira ngo bakomeze […]

Uko Mutagatifu Kizito yabaye urugero rwo gukuza impano z’abanyeshuri ba ECOSE Musambira

June 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’ishuri rya ECOSE Musambira, bwagaragaje ko hari byinshi bamaze  kugeraho mu burezi no mu guteza imbere impano z’abanyeshuri, byose bikaba byarashingiye ku rugero rwiza […]

Gusobanukirwa Yezu uri mu Ukaristiya bisaba ukwemera – Musenyeri Hodari

June 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Musenyeri Hodari Jean de Dieu, Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yahamagariye abitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Ishuri rya College Saint Marie Reine Kabgayi […]

Muhanga: Polisi yasabye urubyiruko kuba umusingi w’umutekano w’Igihugu

June 6, 2026 ICK News 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakanguriye urubyiruko kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru ku gihe, ishimangira ko ari bamwe mu […]

Ubutagatifu ntibushingira ku myaka umuntu afite – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira abanyeshuri ba ECOSE Musambira

June 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abanyeshuri bo ku Ishuri rya ECOSE Musambira gukomera ku kwemera, kurangwa n’ubwitange no kubaho mu […]

Zelensky yasabye Putin ko bagirana ibiganiro imbonankubone byo kurangiza intambara

June 5, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yasabye ko habaho ibiganiro imbonankubone hagati ye na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye ku […]

U Rwanda na Amerika bari mu biganiro byo kongera ubufatanye mu by’isanzure

June 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

U Rwanda rwatangaje ko rushaka kongera ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubushakashatsi bwo mu isanzure, guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga […]

Huye: Hatashywe sitasiyo y’ikorabuhanga ifata ibipimo by’ikirere ku butumburuke bwa kilometero 40

June 5, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Mu rwego rwo gukomeza kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga amakuru y’iteganyagihe yizewe, Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bayo yatashye ku mugaragaro sitasiyo ya […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS