• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: June 2026

Minisitiri Nduhungirehe agaragaza ko ejo hazaza h’umubano w’u Rwanda na Amerika hazabyara amahirwe menshi

June 5, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano wu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gutera imbere, ashimangira ko ibice […]

Muhanga: Rent prices in the new Nyabisindu market raise concerns among traders

June 3, 2026 ICK News 0

As the newly renovated Nyabisindu Market in Nyamabuye Sector, Muhanga District, was expected to address the challenges of informal and disorganized trading, many traders have […]

Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

June 3, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa Macron mu kwemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

June 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Perezida Kagame, yashimye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku butwari n’ubumuntu yagaragaje mu kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yagejeje […]

RDC: Diyosezi ya Bunia yashyizeho ingamba zikomeye zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola

June 2, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira mu Ntara ya Ituri no mu bice bimwe by’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), Diyosezi Gatolika […]

Posts pagination

« 1 … 4 5

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS