• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: June 2026

Musenyeri Ntivuguruzwa yifuza ko urubyiruko ruhabwa umwanya munini mu rugendo rwa Sinodi

June 14, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yatangaje ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya munini mu rugendo rwa Sinodi yo kugendera hamwe, kugira ngo rugire […]

Muhanga: Meya Kayitare agaragaza ko gutsinda mu burezi bisaba ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta

June 14, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Jacqueline Kayitare, yashimangiye ko kubaka umunyeshuri ushoboye kandi ufite indangagaciro bidashoboka hatabayeho ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta, ashimangira ko buri ruhande […]

Impamyabushobozi idaherekejwe n’indangagaciro ntacyo imaze – Musenyeri Ntivuguruzwa

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abanyeshuri gushyira imbere indangagaciro z’ubumuntu n’iza gikristu, ashimangira ko impamyabushobozi n’impamyabumenyi bitagira umumaro urambye igihe […]

EP St. Stanislas: Padiri Karangwa yasabye ababyeyi kurera abana mu ndangagaciro za gikristu

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Saint Stanislas Ruyenzi, Evariste Karangwa yasabye ababyeyi gukomeza kurera abana mu ndangagaciro za Gikristu no gufatira ku rugero rwiza rwa Mutagatifu […]

Utubari twemerewe gukora kugeza saa cyenda z’urukerera

June 13, 2026 ICK News 0

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje amabwiriza mashya agenga amasaha y’ubucuruzi n’ubukerarugendo mu Rwanda mu gihe cy’imikino y’Igikombe cy’Isi, hagamijwe korohereza abaturage n’abakerarugendo gukurikirana iyo mikino […]

Perezida Kagame yashimiye Abofisiye barangije amasomo i Nyakinama

June 12, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yahaye ibihembo by’ishimwe abafisiye batatu bitwaye neza mu mahugurwa y’abofisiye bakuru 108 […]

Perezida Kagame yagaragaje uko ubunyamwuga n’ikinyabupfura byubatse igisirikare cy’u Rwanda

June 12, 2026 Manishimwe Janvier 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Paul Kagame, yavuze ko urwego Ingabo z’u Rwanda (RDF) zimaze kugeraho atari ibintu […]

Musenyeri Hodari yasabye abiga muri EP St. Stanislas bahawe Amasakramentu yibanze gukunda Yezu nk’uko nawe abakunda

June 11, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Musenyeri Hodari Jean de Dieu, Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abana 60 bahawe amasakaramentu y’ibanze muri Ecole Primaire Saint Stanislas Ruyenzi kwakirana umutima […]

Pariki ya Nyandungu igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubugeni n’ibidukikije

June 11, 2026 ICK News 0

Pariki ya Nyandungu, imwe mu hantu nyaburanga hakomeje gukurura abakerarugendo benshi mu Mujyi wa Kigali, igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga rizahuza abahanzi n’abanyabugeni bo hirya no […]

Kamonyi: Polisi yakanguriye abaturage gukomeza kugira uruhare mu gukumira ibyaha

June 11, 2026 ICK News 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ibikorwa by’ubukangurambaga bugamije gukumira no kurwanya ibyaha, isaba abaturage kurushaho kugira uruhare mu gucunga umutekano no gutanga […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 5 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS