• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: January 2026

RDB yagabanyije igiciro cyo gusura ingagi

January 6, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko koroshya igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi zo mu Birunga bizageza tariki ya 31 Ukuboza 2026, mu rwego rwo gukomeza guteza […]

Igiciro cya zahabu cyazamutse nyuma y’uko Amerika iteye Venezuela igashimuta Maduro

January 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

No Image

Ngoma: Inkuba yakubise abantu 15, icyenda bahita bapfa

January 5, 2026 ICK News 0

Mu masaha ya Saa Kumi n’Imwe n’igice z’umugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 4 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu 15, icyenda muri bo bahita bitaba […]

Kenya: Inzovu y’icyamamare yitiriwe inzoga yapfuye

January 4, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Inzovu yo muri Kenya, yari izwiho kugira amahembe maremare cyane kurusha izindi nyinshi muri Afurika, yapfuye izize gusaza, isiga icyuho gikomeye mu murage w’inyamaswa nk’izi […]

Abana bakivuka bazajya bakingirwa Hepatite B

January 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rwatangije ku mugaragaro gahunda yo guha urukingo rw’indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B (Hepatite B) abana bose bavuka, rutangwa mu masaha 24 […]

Trump yemeje ko Amerika yateye Venezuela ifata Perezida Maduro

January 3, 2026 ICK News 0

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]

Telefoni mu bikoresho by’ikoranabuhanga bishobora guhenda cyane 2026

January 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni na mudasobwa biraza kuzamuka muri 2026 kubera igiciro cya RAM kikubye kabiri guhera mu kwezi ku Ukwakira 2025. RAM ni […]

Imishinga itandatu ihanzwe amaso mu 2026

January 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Imishinga minini y’ibikorwaremezo, ubwikorezi n’ikoranabuhanga, yitezweho kugira uruhare runini mu iterambere ry’u Rwanda guhera mu mwaka wa 2026. Guhera ku kubaka ibikorwaremezo by’ubwikorezi bigezweho no […]

Algeria mu bihugu Papa Leo XIV ashobora gusura mu 2026

January 2, 2026 Philos Muhire 0

Nubwo gahunda y’ingendo za Papa Leo XIV mu 2026 itaratangazwa ku mugaragaro, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yamaze kugaragaza icyifuzo cyo gusura ibihugu bitandukanye […]

No Image

BYD yaciye kuri Tesla mu kugurisha imodoka z’amashanyarazi nyinshi

January 2, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Uruganda rukora imodoka rwo mu Bushinwa rwitwa BYD rwaciye kuri Tesla rwa Elon Musk nk’urwa mbere mu kugurisha imodoka nyinshi zikoresha amashanyarazi (EVs) ku isi. […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 »

AMAKURU MASHYA

  • CG Namuhoranye yasabye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika guhesha ishema u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]

  • Gisagara: Hamenwe ritiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]

  • Kigali: Abamotari n’abagenzi ntibavuga rumwe ku biciro by’ingendo

    Abatega moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bagaragaza ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo. Bavuga ko amafaranga bishyura yiyongereye ku buryo hari ingendo zimwe na […]

  • Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]

  • Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS