RDB yagabanyije igiciro cyo gusura ingagi
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko koroshya igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi zo mu Birunga bizageza tariki ya 31 Ukuboza 2026, mu rwego rwo gukomeza guteza […]
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko koroshya igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi zo mu Birunga bizageza tariki ya 31 Ukuboza 2026, mu rwego rwo gukomeza guteza […]
Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Mu masaha ya Saa Kumi n’Imwe n’igice z’umugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 4 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu 15, icyenda muri bo bahita bitaba […]
Inzovu yo muri Kenya, yari izwiho kugira amahembe maremare cyane kurusha izindi nyinshi muri Afurika, yapfuye izize gusaza, isiga icyuho gikomeye mu murage w’inyamaswa nk’izi […]
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro gahunda yo guha urukingo rw’indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B (Hepatite B) abana bose bavuka, rutangwa mu masaha 24 […]
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]
Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni na mudasobwa biraza kuzamuka muri 2026 kubera igiciro cya RAM kikubye kabiri guhera mu kwezi ku Ukwakira 2025. RAM ni […]
Imishinga minini y’ibikorwaremezo, ubwikorezi n’ikoranabuhanga, yitezweho kugira uruhare runini mu iterambere ry’u Rwanda guhera mu mwaka wa 2026. Guhera ku kubaka ibikorwaremezo by’ubwikorezi bigezweho no […]
Nubwo gahunda y’ingendo za Papa Leo XIV mu 2026 itaratangazwa ku mugaragaro, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yamaze kugaragaza icyifuzo cyo gusura ibihugu bitandukanye […]
Uruganda rukora imodoka rwo mu Bushinwa rwitwa BYD rwaciye kuri Tesla rwa Elon Musk nk’urwa mbere mu kugurisha imodoka nyinshi zikoresha amashanyarazi (EVs) ku isi. […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS