Why young Rwandan marriages are breaking faster
Despite recent data showing a reduction in officially registered divorce cases, concerns remain high in Rwanda over the growing number of marriages ending within a […]
Despite recent data showing a reduction in officially registered divorce cases, concerns remain high in Rwanda over the growing number of marriages ending within a […]
Inteko Ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko usaba ko buri rubyiruko rw’igihugu rugomba gukora igisirikare, umushinga wemejwe kugira ngo […]
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame hamwe na Perezida wa Repubulika ya Santarafurika, Faustin-Archange Touadéra, bagiranye ibiganiro ku wa 23 Ugushyingo bigamije gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu […]
Imyuzure yaturutse ku mvura nyinshi imaze iminsi igwa muri Vietnam, imaze guhitana nibura abantu 41, mu gihe hari abandi icyenda bagishakishwa, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo muri icyo […]
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa ku Isi (OIF), Louise Mushikiwabo, yashimangiye ko hakenewe gahunda ifatika igamije guhugura no kwinjiza abakobwa n’abagore mu ikoranabuhanga […]
Ku wa Kane, tariki 20 Ugushyingo, Perezida Paul Kagame, yagabiye inka z’inyambo Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, uri mu ruzinduko rw’iminsi […]
Abahinzi b’icyayi bo mu Murenge wa Kanjongo, mu Karere ka Nyamasheke, basaba ko bakubakirwa umuhanda bakajya boroherwa no kugeza umusaruro wabo ku ruganda rwa Cyato […]
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa ku Isi (OIF), Louise Mushikiwabo, yasabye ko habaho uburyo bushya kandi buhamye bwo kongerera ubushobozi abagore. Yabigarutseho ku […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yarengeye Igikomangoma cya Arabia Saudite Mohammed bin Salman, ashimangira ko ntacyo yarazi ku rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi rwo mu 2018, nubwo […]
Rutahizamu Fall Ngagne ukomoka muri Senegal ukinira Rayon Sports, yongeye kugaragara mu myitozo nyuma y’igihe cy’amezi 10 yari amazemo adakina kubera imvune. Yagarutse mu myitozo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS