Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi
Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwemeje icyemezo cyo guta muri yombi uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol kubera ko ngo yashyize […]
Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwemeje icyemezo cyo guta muri yombi uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol kubera ko ngo yashyize […]
Imyaka isaga itatu irashize Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’umuryango ‘See you’ batanga ubuvuzi bw’amaso ku bana bari munsi y’imyaka 18 mu turere twose […]
Abanyarwanda benshi batekereza ko kugenda mu ndege bifite abo bigenewe kurusha abandi. Abatekereza gutyo, ahanini babiterwa no kumva ko badafite ubushobozi bubemerera kwigondera itike yayo. […]
Kuri iki cyumweru taliki ya 29 Ukuboza 2024 mu Karere ka Kamonyi mu ntara y’Amajyepfo habereye umuhango wo gutuma Intore z’Inkomezabigwi, icyiciro cya 12 k’urugerero. […]
Ishuri Rikuru Gatorika rya Kabgayi (ICK) ryahawe icyemezo kiryemerera kwigisha mu buryo bw’agateganyo amasomo y’igihe gito azwi nka CPA ndetse na CAT. Ni icyemezo bahawe […]
Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Koreya y’Epfo, Seoul aravuga ko byibuze abantu 179 aribo bimaze kumenyekana ko bapfiriye mu mpanuka y’indege muri Koreya y’Epfo […]
Nk’uko bisanzwe ku ngengabihe y’umwaka w’amashuri, muri Nyakanga uyu mwaka abanyeshuri bahuriye ku mashuri yagenwe bakora ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange. Ibizami byarimo ishyaka […]
Ikibazo cya gare abatuye Rulindo ndetse n’abanyura muri ako Karere berekeza mu tundi duce tunyuranye tw’u Rwanda bamaze iminsi bagaragaza cyavugutiwe umuti. Hashize igihe abagenzi […]
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ijambo ku rindi, ni ubutumwa bwa Madamu Jeannette Kagame. Nta byiza nko gusoza no gutangirana umwaka umugisha w’urukundo. Ntibikiri ibanga ko […]
Impanuka y’ubwato yahitanye abantu 69 barimo Abanya-Mali 25. Ubu bwato bwavaga muri Afurika y’Uburengerazuba bugana muri Esipanye bwagiriye ikibazo mu mazi ya Maroc ku wa […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS