• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Trudeau yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe wa Canada

January 6, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau yamaze gutangaza ubwegure bwe ku mwanya amazeho imyaka ikabakaba 10. Yatangarije itangazamakuru ko yabanje mbere na mbere kwegura nk’umuyobozi […]

Nyuma y’imyaka hafi 20 cyubakwa, Angola yujuje ikibuga cy’indege kinini muri Afurika

January 6, 2025 ICK News 0

Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga Dr. Antonio Agostinho Neto, kizwi kandi ku izina rya Novo Aeroporto Internacional de Luanda (NAIL), kimaze iminsi gitangiye kwakira ingendo mpuzamahanga zihuza […]

U Burusiya mu bikorwa byo kubabaza Ukraine kuko ikoresha impano za USA

January 6, 2025 IRATUZI Bardine 0

Uburusiya bwiyemeje kwihorera nyuma yo kuvuga ko bwarashe misile umunani za ATACMS zakozwe na Amerika zarashwe na Ukraine mu gitondo cyo ku wa Gatandatu. Moscou […]

Impamvu abagabo batinya kuvuga ihohoterwa bakorerwa

January 6, 2025 Ishimwe Honore 0

Imvugo nka ‘Amarira y’umugabo atemba ajya mu nda, ndi umugabo […]’ ni kimwe mu bituma ihohoterwa rikorerwa bamwe mu bagabo ridakunze kumenyekana. Icyakora, bamwe mu […]

Ishusho y’ubuhinzi n’ubworozi muri Kamonyi

January 6, 2025 Muvunankiko Valens 0

Urugendo rugana mu majyepfo uturutse mu muhanda wa Kigali-Huye, ni rumwe rwerekana ishusho y’u Rwanda nk’igihugu gishingiye ku nkingi ya mwamba y’ubuhinzi. Mu marembo ya […]

Icyifuzo cya Papa Fransisiko muri Mutarama 2025

January 5, 2025 Philos Muhire 0

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko arifuza ko buri wese agira uburenganzira bwo kwiga. Ibi ibigize isengesho rye ryo muri Mutarama 2025.  Mu […]

HMPV: Ibyo wamenya kuri Virusi ikomeje gukwirakwira mu Bushinwa

January 5, 2025 Umutesi Aline 0

Hirya no hino mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje kuvugwa ikwirakwira ry’ubwandu bw’igisa nibicurane kizwi nka Human Metapneumovirus (HMPV) mu Bushinwa, gusa inzego z’ubuyobozi […]

Weekend y’Imikino: APR FC na Rayon Sports zatsinze

January 5, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Mu mukino w’Ikirarane cy’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda, Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) yatsinze Musanze FC igitego 1-0. Uyu mukino […]

Abarezi bakeneye kumenya inyandiko y’abafite ubumuga bwo kutabona-NUDOR  

January 4, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Uyu munsi tariki 4 Mutarama 2025, Isi yazirikanye umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku nyandiko yifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona. Ni inyandiko izwi nka ‘Braille’. Mu […]

Kamonyi: Imibiri 362 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yashyinguwe mu cyubabahiro

January 4, 2025 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 04 Mutarama 2025, ku Rwibutso rw’Akarere ka Kamonyi ruherereye ahitwa mu Kibuza, mu Murenge wa Gacurabwenge habereye igikorwa cyo […]

Posts pagination

« 1 … 98 99 100 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS