Impinduka ntiziraba-Perezida Kagame
Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro […]
Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro […]
Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]
U budage n’u Bufaransa byihanangirije Donald Trump kwirinda kugerageza “kwigarurira Greenland ku ngufu” nyuma y’aho Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuze ko […]
Abatuye mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Gatunda, Akagari ka Nyamikamba barishimira ko bujurujwe ivuriro ry’ibanze rizita by’umwihariko ku barwayi b’amenyo n’abagore babyara. Iri vuriro […]
Umutwe w’itwara gisirikare wa RSF urashinjwa gukora ibikorwa by’urugomo no kwica abantu hashingiwe ku moko yabo, ndetse no gukora ihohoterwa rikomeye ku bagore n’abana Ibi […]
Abacururiza mu Isantere ya Miyovo iri mu Karere ka Gicumbi ntibavuga rumwe n’abahacungira umutekano ku kibazo cy’urugomo rukomeje kuhagaraga. Urugomo ruvugwa muri iyi santere rushingiye […]
Perezida uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, Bwana Donald Trump ashikamye ku cyifuzo cye cy’uko Amerika yakwigarurira Greenland n’Umuyoboro wa Panama, kuko ngo […]
Abaturage bakoresha ivuriro ry’ibanze ‘poste de sante’ riri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga wo mu Karere ka Kamonyi bavuga ko bakomeje kugorwa no […]
Ku wa Mbere, tariki ya 6 Mutarama 2025, ubwo yakiraga abahagarariye u Bufaransa hirya no hino ku isi, Perezida Emmanuel Macron yavuze ko ibihugu byo […]
Abantu 126 nibo bamaze kwemezwa ko bapfuye mu gihe abandi 188 bakomerekejwe n’umutingito ukomeye wibasiye agace k’imisozi ka Tibet mu gihigu cy’Ubushinwa. Uyu mutingito wibasiye […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS