• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Amerika: Abihinduje igitsina bakumiriwe mu ngabo

February 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Pentagon), cyatangaje ko kitazongera kwakira abihinduje igitsina mu ngabo, ndetse ko n’abari bafite gahunda yo kubikora bakumiriwe. Ibi […]

Muhanga: Abacuruzi bati ‘Umunsi w’abakundana nta wabaye

February 14, 2025 NDAHAYO Elias 0

Nk’uko ku Isi yose abantu benshi bizihiza umunsi mpuzamahanga  w`abakundanye uzwi nka Saint Valantin uba ku itariki 14 Gashyantare buri mwaka, uyu munsi, abacuruzi bo […]

Umuhanzi Kidumu Kibido agarutse gususurutsa abakunzi be i Kigali

February 14, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kidumu Kibido umuhanzi w’ Umurundi uzwi cyane mu njyana ya Zouk na Pop wari umaze iminsi adakora umuziki yateguye igitaramo kiswe “AMORA VALENTINE GALA’’ cyabereye […]

Kirehe: Imishinga y’ubuhinzi n’ubworozi irenga 60 yatewe inkunga ya miliyoni 15

February 14, 2025 Manishimwe Janvier 0

Tariki ya 11 Gashyantare, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwateye inkunga imishinga y’icyitegererezo ku midugudu (Village Model Projects) irenga 60. Inkunga yatewe iyi mishinga y’ubuhinzi n’ubworozi […]

Pakisitani: Abantu icumi bahitanywe n’igisasu

February 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, mu gace ka Harnai, gaherereye mu ntara ya Balochistan, abantu 10 bapfuye abandi barakomereka. Abayobozi bo muri ako karere bavuze ko […]

Liberia: Perezida yahagaritse abayobozi barenga 450 bazira kutamenyekanisha umutungo

February 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, yahagaritse ku kazi abakozi barenga 450 bakuru mu nzego za leta, barimo abaminisitiri, kubera kutamenyesha umutungo wabo ku kigo kirwanya […]

Saint Valentin: Umunsi w’urukundo n’inkomoko yawo

February 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Harabura amasaha make kugira ngo abantu benshi hirya no hino ku isi bizihize umunsi w’abakundana, umunsi witiriwe Mutagatifu Valentin (Saint Valentin). Uyu munsi wizihizwa tariki […]

ICK: Journalism Students Celebrate World Radio Day 2025

February 13, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Today, February 13, 2025 students from the Faculty of Journalism and Communication Studies at the Institut Catholique de Kabgayi (ICK), joined the global community in […]

Muhanga: Abikorera biteguye gushimisha abakundana

February 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihe habura amasaha make kugira ngo abakundana bahimbaze umunsi mukuru wa Mutagatifu Valantin, bamwe mu bikorera bo mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko biteguye […]

2024: Umwaka wishwemo abanyamakuru benshi mu mateka

February 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa 12 Gashyantare 2025 na komite ishinzwe kurengera abanyamakuru CPJ igaragaza ko umubare w’abanyamakuru bishwe ku isi mu mwaka ushize wa […]

Posts pagination

« 1 … 150 151 152 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS