Gicumbi: Barasaba gufashwa kugira ijambo ku butaka bwabo
Bamwe mu batuye mu bice byegereye imipaka ihuza u Rwanda na Uganda bakomeje gusaba inzego zifite mu nshingano kubafasha kubona ibyangombwa by’ubutaka bwabo buherereye ku […]
Bamwe mu batuye mu bice byegereye imipaka ihuza u Rwanda na Uganda bakomeje gusaba inzego zifite mu nshingano kubafasha kubona ibyangombwa by’ubutaka bwabo buherereye ku […]
Ikigereranyo cy’ibiciro by’ibicuruzwa (CPI), cyasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kuri uyu wa 10 Ukwakira 2024 kiragaragaza ko ibiciro by’ibicuruzwa mu Rwanda bikomeje kwiyongera ugereranyije n’umwaka […]
Mu Ukwakira 2024, nibwo mu gihugu hose hatangijwe igihembwe cya mbere cy’ihinga cy’umwaka wa 2024/2025. Icyakora, n’ubwo abahinzi bakanguriwe guhinga neza kugira ngo bazagire umusaruro […]
Muhanga ni umwe mu mijyi ikomeje gutera imbere mu mpande zinyuranye cyane ko uri no mu mijyi yunganira Kigali. Nubwo bimeze gutya ariko, birashoboka ko […]
Nyirabambari Laurence ukora umwuga w’ububaji mu Karere ka Mu sanze ni umwe mu bitinyutse bagana imyuga bamwe bafata nk’iy’abagabo. Umunyamakuru wa ICK News yamusanze aho […]
Urukiko rwo mu Gihugu cy’Uburusiya rwaciye Google ihazabu y’amadorari ya Amerika angana na $20,000, 000, 000, 000,000,000, 000, 000, 000, 000, 000, amafaranga aruta ari […]
Nk’uko raporo y’Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe kurwanya ibyaha n’ibiyobyabwenge (UNODC) ibigaragaza, mu mwaka wa 2021 hafashwe ibiro 41 by’ikiyobyabwenge cya cocaine. Ni umubare wiyongereye cyane […]
Mu mujyi wa Muhanga, bamwe mubakora ubucuruzi butemewe bazwi nk’abazunguzayi barasaba ubuyobozi bw’akarere kubafasha bakava mu mihanda kuko ubuzima babayemo bubagora bikabije. Aba bacuruzi biganjemo […]
Imwe mu myiteguro iranga umuntu ufite umushyitsi ukomeye irimo gushyira ibintu byinshi ku murongo, gukubura no guharura ku marembo mbese ku buryo uhanyuze wese abona […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rirasaba ibihugu binyuranye kutihutira gushyiraho ingamba zo gukumira ingendo cyangwa ubucuruzi nyambukiranyamipaka bikorerwa mu Rwanda ngo kuko “atari ngombwa cyane mu guhangana […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS