• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

#Kwibohora30: Nyuma y’imyaka 5, Abanyarwanda bongeye gususurutswa n’akarasisi

July 4, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 u Rwanda rumaze rwibohoye, Abanyarwanda bongeye gususurutswa n’akarasisi k’Ingabo z’Igihugu na Polisi y’Igihugu nyuma y’imyaka itanu yari ishize […]

‘Sauna’ ishyushye cyane si nziza- Menya ibishobora kwangiza udusabo tw’intanga

July 3, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka […]

Muhanga-Rongi: Batangiye kubyaza umusaruro amashanyarazi bahawe

July 2, 2024 IRAMBONA Papias 0

Nyuma y’amezi atandatu bahawe umuriro, bamwe mu baturage bo mu Mudugugu wa Fumbwe, Akagali ka Gasagara, Umurenge wa Rongi ho mu Karere ka Muhanga bavuga […]

Ibyaranze umukino wo gufungura Sitade Amahoro

July 1, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki 1 Nyakanga 2024 nibwo Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro sitade Amahoro yari imaze imyaka ibiri iri kuvugururwa. […]

TTC Muramba na ADEC Ruhanga basobanuriwe byinshi kuri ICK

June 30, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 29 Kamena 2024, abanyeshuri mu mu mashuri yisumbuye ‘TTC Muramba na ADEC Ruhanga’ yo mu Karere ka Ngororero basobanuriwe byinshi […]

Handball-Playoff: APR na Police zigiye gucakiranira ku mukino wa nyuma

June 29, 2024 Darius Shumbusho 0

 Ikipe y’ingabo z’u Rwanda n’iya polisi y’u Rwanda mu mukino wa Handball zatsindiye guhurira ku mukino wa nyuma mu mikino ya playoff. Imikino yo kwishakamo […]

Ruhango-Muhanga-Kamonyi: Barashima Perezida Kagame wabahinduriye ubuzima

June 24, 2024 ICK News 0

Abaturage bo mu turere twa Ruhango, Muhanga na Kamonyi barashimira Perezida Paul Kagame ku bw’uruhare rwe mu iterambere ryabo. Ibi byagaragarijwe mu Murenge wa Shyogwe, […]

Imbamutima z’abivuriza ku Bitaro bya Nyabikenke

June 24, 2024 IRAMBONA Papias 0

Bamwe mu baturage bivuriza ku Bitaro bikuru bya Nyabikenke biherereye mu Murenge wa Kiyumba mu Karere ka Muhanga bakomeje gushima servisi bahabwa n’ibi bitaro ndetse […]

Kamonyi: Barasaba gusaranganywa amazi muri iki gihe cy’Impeshyi

June 22, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi by’umwihariko mu tugari twa Muganza na Kabagesera barasaba ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) […]

Kamonyi: Batewe impungenge n’ivumbi ryinshi riterwa n’ikorwa ry’umuhanda

June 20, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu bakoresha umuhanda Ruyenzi-Gihara-Nkoto uherereye mu Karere ka Kamonyi batewe impungenge n’ivumbi riri kugaragara muri uyu muhanda umaze hafi umwaka ukorwa. Bamwe mu baganiriye […]

Posts pagination

« 1 … 203 204 205 … 220 »

AMAKURU MASHYA

  • ICK and EAUR students gain new Podcasting and Documentary skills

    Today, Journalism students from the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) and East African University Rwanda (EAUR) have completed a five day mentorship focused on podcasting […]

  • Abanyeshuri ba ICK na EAUR bahuguwe ku gukora ‘Podcast’ na filime mbarankuru

    Kuri uyu wa 11 Nzeri, abanyeshuri b’itangazamakuru 20 bo mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na East African University Rwanda (EAUR), basoje amahugurwa yari […]

  • Abatsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye biyongereyeho 5%

    Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri 94,33% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026, umusaruro wiyongereye […]

  • Perezida Kagame asanga Afurika ikwiye kugira ijambo mu bikorerwa mu isanzure

    Perezida Paul Kagame yasabye ko ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bigira ijambo rifatika mu gushyiraho amategeko agenga ibikorwa by’isanzure, ashimangira ko iterambere ry’ikoranabuhanga ry’ahazaza ritagomba […]

  • Minisitiri Dr. Nsanzimana yibukije abakozi b’ubuzima gutanga serivisi zinogeye abaturage

    Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yibukije abakozi b’ubuzima ko gutanga serivisi z’ubuvuzi zinoze kandi zegereye abaturage bikwiye gukomeza kuba inshingano y’ibanze mu rwego rw’ubuzima. Ibi […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS