• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Abasaleziyani bungutse amaboko mu cyiciro cy’Abalayiki

April 28, 2024 Philos Muhire 0

Kuri iki cyumweru, tariki ya 28 Mata 2024, Padiri Pierre Celestin Ngoboka uyobora umuryango w’Abasaleziyani mu karere k’ibiyaga bigari ‘u Rwanda, Uburundi na Uganda’ yakiriye […]

Menya ‘Glaucoma’: Indwara y’amaso itera ubuhumyi bwa burundu

April 28, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Abantu benshi bavuga ko guhuma burundu warigeze kubona kiri mu bintu bibi ndetse bigira ingaruka ku mibereho y’uwatakaje ukubona. Impamvu zo guhuma warigeze kubona ni […]

Mu Mafoto: Igitaramo ‘Resurrexit’ Cyakoranyije Ibyamamare

April 27, 2024 Philos Muhire 0

Mu mugoroba wo kuri uyu wa 27 Mata 2024, Iseminari nto ya Kabgayi ‘St Leon’ yabereyemo igitaramo cyiswe ‘Resurrexit’ cyitabiriwe n’abaririmbyi bazwi cyane mu ndirimbo […]

FERWACY yateguye ‘Race to Remember’ mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

April 26, 2024 Darius Shumbusho 0

Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa ku Magare (FERWACY) ryateguye irushanwa ry’amagare ‘Race to Remember’ mu rwego rwo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko […]

Muhanga: Bamwe mu bafite uburwayi bwo mu mutwe bakomeje kubangamira bamwe mu bakorera mu mujyi

April 26, 2024 ICK News 0

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu, ahagana saa mbiri, tariki ya 24 Mata 2024, nabonye umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe yinjira mu nzu icuruza […]

Nyamagabe: Ubuke bw’abaganga n’abaforomo bugiye gutuma habaho kubasaranganya mu bigonderabuzima binyuranye

April 26, 2024 ICK News 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe buratangaza ko bufite gahunda yo gukora isaranganya ry’abaganga n’abaforomo mu mavuriro anyuranye ari muri aka karere kubera ubuke bwabo. Ibi byagarutsweho […]

Muhanga: Umuryango WPF watanze ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri biga muri GS Vunga

April 26, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Kane tariki 25 Mata 2024, abanyeshuri biga mu Rwunge rw’amashuri rwa Vunga (GS Vunga) bahawe ibikoresho by’ishuri  ni  umuryango Women progress family […]

Nyanza: Abanyeshuri baterwa inkunga n’umushinga WPF bahawe inama zibafasha gutsinda neza amasomo yabo

April 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mata 2023, Abagize umushinga Women Progress Family (WPF) basuye abanyeshuri baterwa inkunga n’uyu mushinga biga mukigo cya G.S Kaganza […]

Umuco wo gusoma ibitabo mu banyeshuri ba kaminuza ukomeje gukura nk’isabune

April 23, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu gihe none tariki 23 Mata ari Umunsi Mpuzamahanga w’Igitabo, impungenge zikomeje kuba nyinshi ku muco wo gusoma ibitabo cyane cyane mu bakiri bato kuko […]

Kamonyi: Umwe muri batatu bagwiriwe n’ikirombe amaze gupfa, abandi ntibarakurwamo

April 23, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nyuma y’uko ku mugoroba w’uyu wa Mbere umwe mu bari bagwiriwe n’ikirombe akuwemo, kuri ubu amakuru aremeza ko yamaze gupfa aguye mu Bitaro bya Kigali […]

Posts pagination

« 1 … 203 204 205 … 209 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS