Bamporiki na CG (Rtd) Gasana mu bahawe imbabazi na Perezida Kagame
Iteka rya Perezida Nomero 075/01 ryo ku wa 18/10/2024 ritanga imbabazi ryatanze imbabazi ku bagororwa 32 barimo uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Urubyiruko, […]
Iteka rya Perezida Nomero 075/01 ryo ku wa 18/10/2024 ritanga imbabazi ryatanze imbabazi ku bagororwa 32 barimo uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Urubyiruko, […]
Hashize igihe kinini mu Rwanda havugwa ikibazo cy’imikoresheze y’ibihangano by’abahanzi idahwitse aho bamwe mu bahanzi bavuga ko ibihangano bakora bibatera ibihombo aho kubungura nkuko baba […]
Ese iyo ugiye guhitamo ibikuruhura ujya wita ku kamaro bifitiye umubiri wawe cyangwa ushingira ku kuba bigishimisha gusa? Muri iyi myaka, ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje umumaro […]
Ikinyejana cya 21 cyabonye ubwiyongere bukabije bw’ibibazo by’ubuzima ku isi. Ibyorezo biheruka bya Marburg, Mpox (ubushita bw’inkende), Covid-19, hamwe n’ibicurane by’ibiguruka ni bimwe mu byorezo […]
Si igitangaza ko usanga hari ingo muri Muhanga zifite amazi y’ubwoko bubiri, amazi asanzwe atangwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) ndetse n’andi mazi bavomesha ku mariba […]
Muri iki gihe imvura y’umuhindo iri kugwa hirya no hino mu gihugu, abana baba ku muhanda ni bamwe mu bari kugirwaho ingaruka kuko ntaho kuyikinga […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) riratangaza ko abagore n’abakobwa barenga miliyoni 370 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakiri bato. Ibi byatangarijwe na UNICEF […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rirasaba ibihugu binyuranye kutihutira gushyiraho ingamba zo gukumira ingendo cyangwa ubucuruzi nyambukiranyamipaka bikorerwa mu Rwanda ngo kuko “atari ngombwa cyane mu guhangana […]
Hashize imyaka irenga 30, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bishinzwe. Ni ibitaro byashinzwe mu mwaka w’ 1993 mbere gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Igitekerezo […]
Ibuka igihe uherukira kwandika ibintu bike nk’urutonde rw’ibyo ushaka kugura cyangwa se ibyo uri bukore. Birashoboka cyane ko utabyanditse n’ikaramu ku rupapuro. Mu myaka icumi […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS