• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Nyabihu-Shyira: Bamwe mu baturage baracyari mu manegeka 

October 20, 2024 ICK News 0

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Shyira ho mu Karere ka Nyabihu barasaba ubuyobozi kubarwanaho bakimuka kuko iteka bahora batewe impungenge n’ibihe by’imvura. Shyira […]

Bugesera: Barinubira ikibazo cy’umuriro utagifite imbaraga

October 20, 2024 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Mayange ho mu Karere ka Bugesera barasaba ubuyobozi kubafasha gushakira umuti ikibazo cy’umuriro utagifite imbaraga no kuba ugenda bya […]

U Rwanda mu nzira yo gutsinda icyorezo cya Marburg

October 19, 2024 UMUTONIWASE Christella 0

Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima iragaragaza ko u Rwanda ruri gutera intambwe nziza muri uru rugendo rwo guhashya icyorezo cya Marburg. Imibare yatangajwe kuva iki […]

Bamporiki na CG (Rtd) Gasana mu bahawe imbabazi na Perezida Kagame

October 19, 2024 ICK News 0

Iteka rya Perezida Nomero 075/01 ryo ku wa 18/10/2024 ritanga imbabazi ryatanze imbabazi ku bagororwa 32 barimo uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Urubyiruko, […]

Minisitiri Utumatwishima yahishuye icyo Leta iteganya mu guteza imbere abahanzi

October 17, 2024 Kwihangana Joshua 0

Hashize igihe kinini mu Rwanda havugwa ikibazo cy’imikoresheze y’ibihangano by’abahanzi idahwitse aho bamwe mu bahanzi bavuga ko ibihangano bakora bibatera ibihombo aho kubungura nkuko baba […]

Siporo, guteka n’umuziki: Inzira z’ubuzima bwiza

October 17, 2024 Umutesi Aline 0

Ese iyo ugiye guhitamo ibikuruhura ujya wita ku kamaro bifitiye umubiri wawe cyangwa ushingira ku kuba bigishimisha gusa? Muri iyi myaka, ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje umumaro […]

Kutizerana hagati y’ibihugu-Kimwe mu biri gutera ubwiyongere bw’ibyorezo

October 17, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ikinyejana cya 21 cyabonye ubwiyongere bukabije bw’ibibazo by’ubuzima ku isi. Ibyorezo biheruka bya Marburg, Mpox (ubushita bw’inkende), Covid-19, hamwe n’ibicurane by’ibiguruka ni bimwe mu byorezo […]

Muhanga: Amazi y’isoko ahanganye n’aya WASAC

October 17, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Si igitangaza ko usanga hari ingo muri Muhanga zifite amazi y’ubwoko bubiri, amazi asanzwe atangwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) ndetse n’andi mazi bavomesha ku mariba […]

Muhanga: Abana bo ku muhanda ntiborohewe no kubona aho barara muri ibi bihe by’imvura

October 16, 2024 UMUTONIWASE Christella 0

Muri iki gihe imvura y’umuhindo iri kugwa hirya no hino mu gihugu, abana baba ku muhanda ni bamwe mu bari kugirwaho ingaruka kuko ntaho kuyikinga […]

UNICEF yatangaje ko miliyoni 370 z’abagore n’abakobwa bakorewe ihohoterwa

October 15, 2024 ICK News 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) riratangaza ko abagore n’abakobwa barenga miliyoni 370 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakiri bato. Ibi byatangarijwe na UNICEF […]

Posts pagination

« 1 … 95 96 97 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS