• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

OMS irasaba ibihugu kutihutira gukumira ingendo z’abava n’abajya mu Rwanda

October 14, 2024 ICK News 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rirasaba ibihugu binyuranye kutihutira gushyiraho ingamba zo gukumira ingendo cyangwa ubucuruzi nyambukiranyamipaka bikorerwa mu Rwanda ngo kuko “atari ngombwa cyane mu guhangana […]

Ibyaranze Iterambere ry’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi

October 13, 2024 Kwihangana Joshua 0

Hashize imyaka irenga 30, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bishinzwe. Ni ibitaro byashinzwe mu mwaka w’ 1993 mbere gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Igitekerezo […]

Kwandikisha ikaramu, umuti w’ubwonko

October 12, 2024 ICK News 0

Ibuka igihe uherukira kwandika ibintu bike nk’urutonde rw’ibyo ushaka kugura cyangwa se ibyo uri bukore. Birashoboka cyane ko utabyanditse n’ikaramu ku rupapuro. Mu myaka icumi […]

Muhanga: EPR Kabadaha yoroje abaturage 110 amatungo magufi

October 11, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, ‘Itorero ry’Aba-Presbyterienne mu Rwanda/ Paruwasi ya Kabadaha ryoroje abaturage 110 bo mu Karere ka Muhanga. Aba […]

OMS irahamagarira abatuye Isi kwita ku buzima bwo mu mutwe ku kazi

October 11, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rirahamagarira za guverinoma, abakoresha, imiryango ihagarariye abakozi n’abakoresha, n’abandi bafatanyabikorwa bashinzwe ubuzima n’umutekano by’abakozi gufatanyiriza hamwe guteza imbere […]

Muhanga&Nyagatare: Abahinzi b’umuceri barasaba kwishyurwa amafaranga y’umusaruro wabo

October 11, 2024 Manishimwe Janvier 0

Hamwe muri aho ni mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye aho abahinzi b’umuceri muri Koperative Imparaniramusaruro w’Abahinzi Borozi ba Rugeramigozi (K.I.A.B.R) basaba inzego z’ubuyobozi […]

Ni nde wazaniye isi akaga k’ibiza biyugarije?

October 11, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Leta z’ibihugu bitandukanye hirya no hino ku isi, zikomeje guhangana n’ingaruka z’imihidagurikire y’ikirere muri iki gihe kubera ibiza bidasiba kwibasira isi. Uhereye ku nkubi z’umuyaga, […]

Iburasirazuba: Imiryango amagana yasezeranye kubana uko amategeko abiteganya

October 10, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Kuri uyu wa kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, i Zaza mu Karere ka Ngoma hasorejwe icyumweru cy’ubukangurambaga ku kwimakaza ihame ry’uburinganire. Ni ubukangurambaga bwatangiye […]

Inama ku mafunguro ya mu gitondo ku bagabo n’abagore bashaka kugabanya ibiro

October 10, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ifunguro rya mugitondo rikunze gufatwa nk’ifunguro ry’ingenzi ry’umunsi ariko abahanga basanze mu gihe cyo kugabanya ibiro, abagabo n’abagore bagomba guhitamo amafunguro atandukanye cyane. Abagabo bashaka […]

Ubushakashatsi: Amahirwe yo kubaho imyaka 100 ku bana b’iki gihe ni make

October 8, 2024 ICK News 0

Mu binyejana by’imyaka ishize, umuhanga mu by’ubukure (Gerontologist) Jay Olshansky n’abandi banditsi bagaragaraje ko ku mpuzandengo, abana bavuka muri iki gihe bashobora kuzabaho kugeza ku […]

Posts pagination

« 1 … 96 97 98 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS