• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri Congo

April 15, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida, Denis Sassou Nguesso, uherutse kongera […]

Kirehe: Batanu batawe muri yombi bakekwaho gutunda no gucuruza kanyanga

April 15, 2026 Manishimwe Janvier 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kirehe, ku bufatanye n’inzego z’ibanze, iz’umutekano n’abaturage, yataye muri yombi abantu batanu barimo abagabo bane n’umugore umwe bakekwaho […]

‎REG yasabye abasarura ibiti kwirinda kwangiza imiyoboro y’amashanyarazi

April 14, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG), kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mata 2026, cyongeye kwibutsa abaturarwanda kwitwararika mu gihe basarura ibiti, cyane cyane ahari imiyoboro […]

Twabishobojwe n’ubuyobozi bwiza – Minisitiri Habimana avuga ku rugendo rwo komora ibikomere bya Jenoside

April 13, 2026 Manishimwe Janvier 0

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano ya buri Munyarwanda, kuko ari ho hakomoka imbaraga zo guharanira ubumwe, kubaka […]

Abanyarwanda twigiye ku mateka, twubaka igihugu kizira ivangura – Perezida wa Sena

April 13, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François Xavier, yavuze ko Abanyarwanda bahisemo gukura amasomo mu mateka mabi igihugu cyanyuzemo, bagaharanira kubaka u Rwanda rutarangwamo […]

Perezida Kagame yashimiye Ismaïl Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 13, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, aho yamushimiye intsinzi yegukanye mu matora aheruka yamuhesheje […]

Uko ishuri ry’umuziki rya Kabgayi rizakora

April 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mata 2026, i Kabgayi hatangijwe ku mugaragaro ishuri ry’umuziki rigamije gufasha abana n’urubyiruko kuvumbura no guteza imbere impano zabo. […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 5,741

April 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Paul Kagame yatanze amapeti atandukanye kuri ba Ofisiye bakuru, ba Ofisiye bato, abapolisi bato ndetse na ba Suzofisiye, muri Polisi y’u Rwanda. Abapolisi batanu […]

Ntiwakwica abantu kabiri – Perezida Kagame avuga ko Jenoside itazongera kuba mu Rwanda ukundi

April 7, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatanze ubutumwa bwizeza Abanyarwanda umutekano usesuye, avuga ko igihugu cyubatse ubudahangarwa butatuma cyongera kwemera ko amateka mabi nk’ayabaye […]

Kwibuka32: Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 7, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ikipe ya Arsenal ikina shampiyon y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza, yifatnyije n’Abanyarwanda mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Posts pagination

« 1 … 8 9 10 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS