Diyosezi ya Kabgayi yizihije umunsi w’umuco mu mashuri
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026, mu Karere ka Kamonyi, ku kigo cy’amashuri cya Sainte Bernadette Kamonyi, hizihirijwe Umunsi w’Umuco mu mashuri […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026, mu Karere ka Kamonyi, ku kigo cy’amashuri cya Sainte Bernadette Kamonyi, hizihirijwe Umunsi w’Umuco mu mashuri […]
Muri iyi minsi, hagaragara abasore n’inkumi benshi batinda kubaka ingo, bamwe bakavuga ko n’ubundi hari izubakwa nyuma zigasenyuka zitamaze kabiri. Ibi babishingira ku buhamya n’inama […]
Umubiligi Matthijs De Clercq ukinira ikipe Soudal Quick Step yegukanye agace ka kane ka Tour du Rwanda 2026 kangana n’ibilometero 127.2 kahagurukiye mu Karere Karongi […]
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ivuga ko impamvu umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) wazamuwe, hashingiwe ku bushobozi bw’abaturage n’amakuru batanze muri sisiteme y’imibereho. Byasobanuwe na Minisitiri […]
Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) cyahaye Leta y’u Rwanda inkunga ya miliyoni 78.5 z’amadolari izakoreshwa mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi. Amasezerano y’iyi nkunga […]
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko igihugu gikeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya […]
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gashyantare 2026, abakristu Gatolika ku isi hose batangiye Igihe cy’Igisibo cy’iminsi 40, kibategurira kwizihiza Pasika yibutsa ububabare, urupfu […]
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye Intore z’Inkomezabigwi gukomeza kuba umusemburu w’impinduka aho batuye no kuguma ku ruhembe mu guteza imbere Igihugu no gusigasira […]
Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki kugira ngo irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda 2026 rikinwe ku nshuro ya 18 kuva ryagirwa mpuzamahanga […]
Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye rya ETG Gitumba ko kuvuga ko bakunda Bikira Mariya bigomba […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS