• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

BK yashoye arenga Miliyari eshatu muri Shampiyona y’u Rwanda

April 24, 2026 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Mata 2026, kuri Stade Amahoro, Banki ya Kigali yasinyanye na shampiyona y’Ikiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier […]

Muhanga: Abahinzi bo muri Koperative COPARWAMU barasaba kwagurirwa ubwanikiro

April 23, 2026 Byiringiro Patrick 0

Abahinzi bibumbiye muri Koperative COPARWAMU ihinga ibigori mu gishanga cya Rwansamira, giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, barataka ikibazo cy’ubwanikiro budahagije kandi bushaje, […]

Kugira abahanga badafite ubumuntu ntacyo bimaze – Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

April 23, 2026 Manishimwe Janvier 0

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) gushyira imbere ubumuntu n’indangagaciro, agaragaza ko ubumenyi budafite umutima w’ubumuntu nta musaruro bufitiye […]

Rwanda Premier League yahannye abakinnyi babiri bazira imyitwarire idahwitse

April 21, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwafatiye ibihano abakinnyi babiri bakinira Etincelles FC na APR FC, nyuma y’ibikorwa byabagaragayeho mu mukino w’umunsi wa 27 wabereye kuri […]

RIB yerekanye abantu icyenda bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye

April 21, 2026 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 21 Mata 2026 ku cyicaro gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ herekanywe amatsinda abiri y’abantu icyenda mu icumi bakurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe […]

Louise Mushikiwabo uhataniye gukomeza kuyobora OIF yitabiriye Ihuriro rya 10 rya Dakar

April 21, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yitabiriye ku nshuro ya 10 Ihuriro Mpuzamahanga rya Dakar ryibanda ku mahoro n’umutekano muri Afurika. Iyi […]

Brig Gen Ronald Rwivanga yasobanuye ibyiciro 10 by’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

April 18, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itabaye igikorwa cyabaye mu kanya gato, ahubwo yateguwe mu buryo […]

Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

April 17, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

April 17, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

The Ben amaze iminsi arwariye mu bitaro

April 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Umuhanzi Mugisha Benjamin umenyerewe ku izina rya The Ben, amaze iminsi ine ari mu bitaro kuva mu rukerera rwo ku wa Mbere, aho ari kwitabwaho […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS