• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Kuki tutapfa turwana, aho kugira ngo dupfe nk’isazi? – Perezida Kagame

April 7, 2025 Philos Muhire 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda n’Abanyafurika muri rusange kutazigera bemera gupfa nk’isazi ahubwo ko bakwiye ‘gupfa barwana.” Perezida Kagame yavuze ibi […]

#Kwibuka31: Perezida Kagame yatangije Icyumweru cy’Icyunamo

April 7, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025 Perezida wa Repubukika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi ijana yo kwibuka […]

Biri kuba: Gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 7, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Abanyarwanda hirya no hino ku isi batangiye Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya […]

Kwibuka31: Iminsi 100 yo kwigira ku mateka

April 6, 2025 Manishimwe Janvier 0

Mu masaha macye, u Rwanda rurinjira mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Iyi gahunda ngarukamwaka itangirana n’icyumweru cy’icyunamo ku […]

Wari uzi ko hari igihe bitemewe kuvuga “Amina”?

April 5, 2025 Philos Muhire 0

Nabajije ‘Chatgpt’ inshuro ijambo ‘AMINA’ rishobora kuba rikoreshwa buri cyumweru. Mu kunsubiza, yifashishije imibare igira iti “Imibare yo muri 2024 igaragaza ko Abakristu ari miliyari […]

ICK na CHE mu rugendo rwo gukomeza guteza imbere uburezi bujyanye n’igihe

April 5, 2025 Muhire Obed 0

Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na Kaminuza ya Christelijke Hogeschool Ede (CHE) bakomeje gahunda yo kwagura imikoranire bikagera no ku cyiciro cya gatatu cya […]

Umuvugizi wa Guverinoma y ‘u Rwanda wungirije yitabye Imana

April 4, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 04 Mata 2025 umuvugizi wungirije wa Guverinoma y ‘u Rwanda Alain Mukuralinda Bernard yitabye Imana azize indwara y’umutima nk’uko byatangajwe n’ibiro […]

Abiga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda barasaba guhabwa mudasobwa bemerewe

April 2, 2025 Manishimwe Janvier 0

Abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda baravuga ko hashize amezi arenga arindwi batarahabwa mudasobwa bijejwe na leta, nyamara bari barasezeranyijwe kuzazihabwa […]

Hagaragajwe umumaro amarushanwa y’umuco afitiye urubyiruko

April 2, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo mu gihugu hose hasojwe amarushanwa y’ubuhanzi bw’imivugo, imbyino gakondo n’indirimbo agamije gusigasira no guteza imbere ururimi rw’Ikinyarwanda n’umuco w’u Rwanda, […]

Huye: Abanyeshuri ba ICK na UR bari guhugurwa ku gukora inkuru zicukumbuye

April 1, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Werurwe 2025, mu karere ka Huye hatangiye amahugurwa y’abiga Itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) no […]

Posts pagination

« 1 … 68 69 70 … 122 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS