• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Umurenge Kagame Cup: Intara y’Iburasirazuba yabonye amakipe azayihagararira

March 31, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, hakinwe imikino ya nyuma y’Umurenge Kagame Cup mu ntara y’Iburasirazuba mu rwego rwo gushaka amakipe azahagararira iyi […]

Muhanga: ‘Car Free Zone’ yatangiye kubakwa

March 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]

Abiga mu mashuri nderabarezi baributswa agaciro ko kumenya ururimi rw’Icyongereza

March 30, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Claudette Irere arasaba abanyeshuri biga mu mashuri nderabarezi kuzirikana ko biga mu mashuri yihariye bityo ko bakwiye guharanira kugira […]

Hoteli ‘Saint André Kabgayi’ yungutse inyubako nshya

March 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Werurwe 2025, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepisikopi wa Diyoseze ya Kabgayi yatashye kumugaragaro anaha umugisha inyubako […]

2024 yasize u Rwanda rwinjije miliyari 1.7$ aturutse mu mabuye y’agaciro

March 28, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Werurwe 2025, Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yatangarije Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi ko u Rwanda rwinjije miliyari […]

Umusaruro w’inganda wikubye gatatu mu myaka 7 ishize

March 28, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Minisitiri w’intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko umusaruro w’ibikorwa by’inganda wikubye gatatu mu gihe cy’imyaka irindwi ya mbere ya gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere […]

Hafi ½ cy’abatuye isi barwaye indwara zo mu kanwa

March 27, 2025 Philos Muhire 0

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) riratangaza ko indwara zo mu kanwa n’amenyo ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange kandi cyugarije ibihugu byinshi. OMS ivuga […]

Perezida Zelensky yasabye Amerika gufatira ibihano u Burusiya

March 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yahamagariye Leta zunze Ubumwe za Amerika kurushaho gufatira ibihano u Burusiya kuko ngo butari gukurikiza “amahoro […]

Amavubi yaguye miswi na Lesotho

March 26, 2025 Darius Shumbusho 0

lkipe y’igihugu y’urwanda yongeye kubura intsinzi mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2026 nyuma yo kunganya na Lesotho 1-1 mu mukino wa gatandatu w’itsinda […]

Kayonza: Abajyanama b’ubuzima 15 bahembwe amagare kubera umuhate wabo mu kurwanya igituntu

March 25, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abajyanama b’ubuzima 15 bo mu karere ka Kayonza mu ntara y’iburasirazuba babaye indashyikirwa mu kurwanya indwara y’igituntu, bahembwe amagare ndetse basabwa kongera imbaraga mu guhashya […]

Posts pagination

« 1 … 69 70 71 … 122 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS