• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

IMIBEREHO

Icumbi nk’iryo mu yisumbuye cyangwa Ghetto – Ubuzima bwa Kaminuza

March 15, 2025 ICK News 0

Abanyeshuri  biga muri Kaminuza  bavuga ko muri iki gihe amahitamo y’aho kuba ari ikintu kigomba kwitonderwa cyane, urebye imibereho y’abatuye mu macumbi rusange, ndetse n’ingorane […]

Ni gute Muhanga yakira abashyitsi bahire? 

March 15, 2025 ICK News 0

Hari abibwira ko ubukerarugendo bw’u Rwanda bugarukira ku nzu ndangamurage, za Pariki z’ibirunga, Akagera, Nyungwe ndetse n’ahandi hantu nyaburanga hamamaye mu binyamakuru kubera ko habonye […]

Abatuye Ngororero barashaka gare ibahesha ishema

March 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abatuye Ngororero barasaba ko gare ya Kabaya yavugururwa ikubakwa ku buryo bujyanye n’igihe, dore ko haba ku zuba, haba ku mvura  abagenzi batabona aho bikinga. […]

U Buhinde: Harateganywa igihano cy’urupfu ku bahatira abandi guhindura idini

March 11, 2025 Umutesi Aline 0

Abayobozi bo mu ntara ya Madhya Pradesh, iri hagati mu Buhinde ikaba ituwe n’abasaga miliyoni 72, barimo gutekereza gushyiraho igihano cy’urupfu ku bantu bashinjwa guhatira […]

Ushobora kuba ari wowe ntandaro yo kubura ibyishimo, menya impamvu

March 10, 2025 AYERA Belyne 0

Hari abantu batekereza ko kubura ibyishimo mu buzima biterwa no kuba mu buzima bubi gusa cyangwa se kubura abantu bagukunda, gusa siko biri kuko hari […]

Kamonyi: Guverineri Kayitesi yasabye abagore gutinyuka bakiteza imbere

March 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Guverineri Alice Kayitesi yasabye abagore kwitinyuka bagakoresha amahirwe igihugu cyashyizeho bakiteza imbere. Guverineri Kayitesi […]

Amavu n’amavuko y’umunsi mpuzamahanga w’abagore

March 8, 2025 ICK News 0

Hashize imyaka irenga ijana, aho buri wa 8 Werurwe isi yose yizihiza umunsi wahariwe abagore. Uyu munsi watangiye mu 1908, ubwo abagore 15,000 bakoraga imyigaragambyo […]

Urubyiruko 152 rwahuguwe ku buhinzi bwihanganira imihindagurikire y’ibihe

March 7, 2025 Muvunankiko Valens 0

Ku wa Kane, tariki ya 06 Werurwe 2025, mu karere ka Gicumbi hasojwe amahugurwa y’abanyamuryango b’ihuriro ry’urubyiruko rikora ibikorwa by’ubuhinzi bugamje ishoramari (RYAF). Ni amahugurwa […]

Byagenda gute umushoferi utwaye abagenzi afashwe n’igicuri?

March 6, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Nta gushidikanya ko kimwe mu bisubizo ufitiye umutwe w’iyi nkuru harimo impanuka. Imwe mu ngaruka mbi z’impanuka ni uko zitwara ubuzima bw’abantu. Urugero rwa hafi […]

Muhanga: Hotel ya gatatu yashyizwe ku rwego rw’ Inyenyeri eshatu

March 5, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki 04 Werurwe 2025, Hoteli ya Diyosezi Gatolika ya Kabgayi, Lucerna Kabgayi Hotel, yamurikiye abafatanyabikorwa bayo icyemezo cy’uko […]

Posts pagination

« 1 … 20 21 22 … 53 »

AMAKURU MASHYA

  • Abanyeshuri ba ESB Kamonyi basabwe gukurikiza urugero rwiza rwa mu Mutagatifu Bernadette iri shuri ryisunze

    Ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ishuri ryisumbuye rya Ecole Sainte Bernadette de Kamonyi, ryahimbaje Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Bernadette umurinzi w’iri shuri, abanyeshuri […]

  • Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar i Doha

    Ku Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, […]

  • Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

    Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

  • Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

  • Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

    Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS