Muhanga: ‘Car Free Zone’ yatangiye kubakwa
Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]
Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Werurwe 2025, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepisikopi wa Diyoseze ya Kabgayi yatashye kumugaragaro anaha umugisha inyubako […]
Justin Welby wahoze ari Musenyeri Mukuru wa Canterbury yatangaje ko atigeze akurikirana bihagije ibirego by’ihohoterwa ryakorewe mu Itorero Angilikani ry’u Bwongereza kubera ko ubwinshi bwabyo […]
Umubare w’abapfuye bitewe n’umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye Myanmar wageze ku bantu barenga 1,000 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukura imibiri myinshi […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Werurwe 2025, Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yatangarije Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi ko u Rwanda rwinjije miliyari […]
Umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye igice cyo hagati cya Myanmar kuri uyu wa Gatanu, hafi y’umujyi wa kabiri munini wa Mandalay, utuwe n’abaturage basaga miliyoni […]
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) riratangaza ko indwara zo mu kanwa n’amenyo ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange kandi cyugarije ibihugu byinshi. OMS ivuga […]
Abajyanama b’ubuzima 15 bo mu karere ka Kayonza mu ntara y’iburasirazuba babaye indashyikirwa mu kurwanya indwara y’igituntu, bahembwe amagare ndetse basabwa kongera imbaraga mu guhashya […]
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Patrice Mugenzi yatangaje ko Leta y’u Rwanda igiye kujya igira uruhare ku nyigisho zitangwa mu nsengero kuko bimaze kugaragara ko bamwe […]
Abaturage bo mu midugudu ya Runyinya na Gasharu, yo mu kagari ka Kigarama mu murenge wa Kisaro, baravuga ko bamaze amezi atatu badafite amazi meza, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS