• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

IMIBEREHO

Wari uzi ko hari igihe bitemewe kuvuga “Amina”?

April 5, 2025 Philos Muhire 0

Nabajije ‘Chatgpt’ inshuro ijambo ‘AMINA’ rishobora kuba rikoreshwa buri cyumweru. Mu kunsubiza, yifashishije imibare igira iti “Imibare yo muri 2024 igaragaza ko Abakristu ari miliyari […]

Loni iratabariza Myanmar yibasiwe n’umutingito umaze guhitana abarenga ibihumbi bitatu

April 5, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 5 Mata 2025, Umuryango w’abibumbye (Loni) wahamagariye Isi gutabara igihugu cya Myanmar cyibasizwe n’umutingito, mu gihe umubare w’abamaze gupfa […]

Muhanga: ‘Car Free Zone’ yatangiye kubakwa

March 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]

Hoteli ‘Saint André Kabgayi’ yungutse inyubako nshya

March 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Werurwe 2025, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepisikopi wa Diyoseze ya Kabgayi yatashye kumugaragaro anaha umugisha inyubako […]

Nabyitwayemo nabi-Musenyeri Welby wa Canterbury yavuze ku cyatumye yegura

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Justin Welby wahoze ari Musenyeri Mukuru wa Canterbury yatangaje ko atigeze akurikirana bihagije ibirego by’ihohoterwa ryakorewe mu Itorero Angilikani ry’u Bwongereza kubera ko ubwinshi bwabyo […]

Myanmar: Umubare w’abazize umutingito umaze kurenga 1,000

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Umubare w’abapfuye bitewe n’umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye Myanmar wageze ku bantu barenga 1,000 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukura imibiri myinshi […]

2024 yasize u Rwanda rwinjije miliyari 1.7$ aturutse mu mabuye y’agaciro

March 28, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Werurwe 2025, Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yatangarije Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi ko u Rwanda rwinjije miliyari […]

Myanmar yibasiwe n’umutingito ukomeye wa 7.7

March 28, 2025 Philos Muhire 0

Umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye igice cyo hagati cya Myanmar kuri uyu wa Gatanu, hafi y’umujyi wa kabiri munini wa Mandalay, utuwe n’abaturage basaga miliyoni […]

Hafi ½ cy’abatuye isi barwaye indwara zo mu kanwa

March 27, 2025 Philos Muhire 0

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) riratangaza ko indwara zo mu kanwa n’amenyo ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange kandi cyugarije ibihugu byinshi. OMS ivuga […]

Kayonza: Abajyanama b’ubuzima 15 bahembwe amagare kubera umuhate wabo mu kurwanya igituntu

March 25, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abajyanama b’ubuzima 15 bo mu karere ka Kayonza mu ntara y’iburasirazuba babaye indashyikirwa mu kurwanya indwara y’igituntu, bahembwe amagare ndetse basabwa kongera imbaraga mu guhashya […]

Posts pagination

« 1 … 18 19 20 … 53 »

AMAKURU MASHYA

  • Abanyeshuri ba ESB Kamonyi basabwe gukurikiza urugero rwiza rwa mu Mutagatifu Bernadette iri shuri ryisunze

    Ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ishuri ryisumbuye rya Ecole Sainte Bernadette de Kamonyi, ryahimbaje Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Bernadette umurinzi w’iri shuri, abanyeshuri […]

  • Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar i Doha

    Ku Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, […]

  • Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

    Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

  • Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

  • Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

    Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS