• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

IMIBEREHO

‘Trump Akunda Afurika’- Massad Boulos

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umujyanama mukuru wa Perezida Trump ku bibazo bya Afurika Massad Boulos yatangaje ko perezida Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika aha agaciro uyu mugabane, […]

Menya icyo Itegeko Nshinga rya Vatikani riteganya ku bikurikira urupfu rwa Papa

April 23, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 23 nibwo umubiri wa Papa Fransisiko wagejejwe muri Bazilika ya Mutagatifu Petero kugira ngo abakristu banyuranye bakomeze kuwusezeraho ku […]

U Rwanda rwazamuye amafaranga yo kwandikisha imodoka

April 22, 2025 Philos Muhire 0

Guhera ku wa 17 Mata 2025, Leta y’u Rwanda yashyizeho amabwiriza mashya azamura amafaranga yo kwandikisha imodoka, akazashingira ku bunini bwa moteri (engine capacity), harimo […]

RFA irashaka ibiti bivangwa n’imyaka muri buri murima

April 19, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba (RFA) n’abafatanyabikorwa bacyo bahagurukiye kubungabunga ubutaka bwibasirwa n’isuri no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere. Ibi bazabigeraho bageza ibiti bivangwa n’imyaka ahari ubutaka buhingwa […]

Umujyi wa Kigali watangiye gutegura ivugururwa rya Nyabugogo

April 18, 2025 ICK News 0

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye gutangira igikorwa cyo kubarura ibikorwa byose biri i Nyabugogo mu rwego rwo gutegura imirimo yo kuvugurura Gare ya […]

Vatikani yatangaje Abakardinali bazayobora Misa zo mu Cyumweru Gitagatifu

April 16, 2025 Philos Muhire 0

Mu gihe Papa Fransisiko akomeje koroherwa, Umuvugizi wa Leta ya Vatikani, Matteo Bruni, Vatikani yatangaje Abakardinali batatu bazayobora imihango ya Liturujiya y’Icyumweru Gitagatifu. Papa Fransisiko […]

Ingengabitekerezo ya Jenoside ni uburozi butica umuntu umwe gusa-Senateri Mugisha

April 16, 2025 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 15 Mata 2025, mu Murenge wa Runda habereye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]

Muhanga-Shyogwe: Imyaka ibiri yo kuvana abatishoboye mu bukene iratanga icyizere

April 11, 2025 ICK News 0

Jean Baptiste Gatete na Daphrose Nyirabahenda, batuye mu Mudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe w’Akarere ka Muhanga, barashimira ubufasha bahawe binyuze mu […]

Sinshaka gupfa, tuve hano – ubuhamya bwa Murangwayire Liliane

April 9, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Mu 1986, ababyeyi ba Murangwayire Lillianne bafashe umwanzuro wo kumwohereza muri Komini Shyorongi, Akarere ka Nyarugenge y’ubu, ho mu mujyi wa Kigali. Uyu mwana uvuka […]

Ibyo wamenya ku mushinga wa miliyari 360 wo kubaka imihanda ya kaburimbo mu ntara

April 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza umushinga wa miliyari 360 Frw wo kubaka imihanda ya kaburimbo ireshya na kilometero 215 izafasha mu kunoza ingendo n’ubwikorezi imbere […]

Posts pagination

« 1 … 17 18 19 … 53 »

AMAKURU MASHYA

  • Abanyeshuri ba ESB Kamonyi basabwe gukurikiza urugero rwiza rwa mu Mutagatifu Bernadette iri shuri ryisunze

    Ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ishuri ryisumbuye rya Ecole Sainte Bernadette de Kamonyi, ryahimbaje Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Bernadette umurinzi w’iri shuri, abanyeshuri […]

  • Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar i Doha

    Ku Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, […]

  • Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

    Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

  • Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

  • Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

    Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS