DR Congo: Imyuzure yahitanye abarenga 30 i Kinshasa
Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abantu 33 aribo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi yaguye mu murwa mukuru Kinshasa […]
Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abantu 33 aribo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi yaguye mu murwa mukuru Kinshasa […]
Papa Fransisiko yagaragaye mu ruhame ku nshuro ya mbere nyuma y’ibyumweru bibiri avuye mu bitaro yavuriwemo umusonga w’ibihaha byombi. Yinjiye mu mbuga ya Kiliziya Mutagatifu […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 5 Mata 2025, Umuryango w’abibumbye (Loni) wahamagariye Isi gutabara igihugu cya Myanmar cyibasizwe n’umutingito, mu gihe umubare w’abamaze gupfa […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata 2025, Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje umwanzuro watowe n’inteko inshinga amategeko wo kweguza […]
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]
Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko ibihano by’urupfu byari byarafatiwe abaturage batatu bafite ubwenegihugu bwa Amerika nyuma yo guhamwa n’ibyaha […]
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 31 Werurwe, Perezida Volodymyr Zelenskiy yasabiye u Burusiya guhanwa kubera ibyaha birenga 183,000 bivugwa ko byanditswe na Ukraine kuva […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]
Uyu munsi tariki ya 30 Werurwe 2025, Abayisilamu bo hirya no hino ku Isi bizihije Eid al-Fitr, umwe mu minsi mikuru ikomeye kuri kalindari y’idini […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS