Papa yagaragaye bwa mbere mu ruhame i Vatikani nyuma yo kuva mu bitaro
Papa Fransisiko yagaragaye mu ruhame ku nshuro ya mbere nyuma y’ibyumweru bibiri avuye mu bitaro yavuriwemo umusonga w’ibihaha byombi. Yinjiye mu mbuga ya Kiliziya Mutagatifu […]
Papa Fransisiko yagaragaye mu ruhame ku nshuro ya mbere nyuma y’ibyumweru bibiri avuye mu bitaro yavuriwemo umusonga w’ibihaha byombi. Yinjiye mu mbuga ya Kiliziya Mutagatifu […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 5 Mata 2025, Umuryango w’abibumbye (Loni) wahamagariye Isi gutabara igihugu cya Myanmar cyibasizwe n’umutingito, mu gihe umubare w’abamaze gupfa […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata 2025, Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje umwanzuro watowe n’inteko inshinga amategeko wo kweguza […]
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]
Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko ibihano by’urupfu byari byarafatiwe abaturage batatu bafite ubwenegihugu bwa Amerika nyuma yo guhamwa n’ibyaha […]
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 31 Werurwe, Perezida Volodymyr Zelenskiy yasabiye u Burusiya guhanwa kubera ibyaha birenga 183,000 bivugwa ko byanditswe na Ukraine kuva […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]
Uyu munsi tariki ya 30 Werurwe 2025, Abayisilamu bo hirya no hino ku Isi bizihije Eid al-Fitr, umwe mu minsi mikuru ikomeye kuri kalindari y’idini […]
Kuri uyu wa Kane, Leta Zunze ubumwe za Amerika zasabye Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir gufungura Visi-Perezida we, Riek Machar nyuma y’uko ishyaka ry’uyu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS