Abayobozi bo ku Isi bamaganye imisoro yashyizweho na Perezida Trump
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]
Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko ibihano by’urupfu byari byarafatiwe abaturage batatu bafite ubwenegihugu bwa Amerika nyuma yo guhamwa n’ibyaha […]
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 31 Werurwe, Perezida Volodymyr Zelenskiy yasabiye u Burusiya guhanwa kubera ibyaha birenga 183,000 bivugwa ko byanditswe na Ukraine kuva […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]
Uyu munsi tariki ya 30 Werurwe 2025, Abayisilamu bo hirya no hino ku Isi bizihije Eid al-Fitr, umwe mu minsi mikuru ikomeye kuri kalindari y’idini […]
Kuri uyu wa Kane, Leta Zunze ubumwe za Amerika zasabye Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir gufungura Visi-Perezida we, Riek Machar nyuma y’uko ishyaka ry’uyu […]
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yahamagariye Leta zunze Ubumwe za Amerika kurushaho gufatira ibihano u Burusiya kuko ngo butari gukurikiza “amahoro […]
Imibare iheruka gutangwa na Minisiteri y’umutekano muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe, iragaragaza ko nibura abantu 24 bapfuye abandi 26 […]
Kuri uyu wa kabiri, uwahoze ari Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), Sepp Blatter n’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Umufaransa Michel Platini, bombi bagizwe abere […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS