Trump arifuza ko Amerika yacunga ibigo bitanga ingufu muri Ukraine
Nyuma y’ibyumweru bashyamiraniye muri White House, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, bavuze ko bagiranye ikiganiro kuri […]
Nyuma y’ibyumweru bashyamiraniye muri White House, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, bavuze ko bagiranye ikiganiro kuri […]
Abashakashatsi ba NASA, Butch Wilmore na Suni Williams, bagarutse ku Isi amahoro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025, nyuma y’amezi icyenda bari […]
Perezida Vladimir Putin yanze guhagarika intambara mu buryo bwihuse kandi bwuzuye muri Ukraine, yemera gusa guhagarika ibitero ku bikorwa remezo bitanga ingufu bya Ukraine nyuma […]
Ku wa mbere, tariki ya 17 Werurwe, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko icyemezo cy’ubutegetsi bwa Trump cyo guhagarika imfashanyo z’amahanga “cyahagaritse […]
Minisiteri y’ubuzima iyoborwa na Hamas yavuze ko nibura abantu 400 bamaze gupfa nyuma y’ibitero bikomeye by’indege za Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa […]
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya kuvugana na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin ku wa Kabiri kugira ngo baganire […]
Umutwe w’inyeshyamba zaba-Houthi zo muri Yemeni zavuze ko ibitero bishya bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byahitanye abantu bagera kuri 53, barimo abana batanu. Izi […]
Kuri iki cyumweru, inkongi y’umuriro yibasiye akabyiniro kuzuye abantu mu mujyi wa Kocani muri Macedonia ya Ruguru, ihitana abantu 59 abandi barenga 150 barakomereka, nkuko […]
Mu butumwa bwaturutse mu bitaro umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Fransisiko arwariyemo kuri iki cyumweru, yemeje ko afite intege nke kandi ari “mu […]
Byibura abantu 34 bamaze gupfa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bazize inkubi y’umuyaga yibasiye Leta nyinshi zo mu majyepfo y’iburasirazuba bw’iki gihugu ku mugoroba […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS