• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: April 2026

‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

April 17, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

April 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

Afurika y’Epfo : Julius Malema yakatiwe gufungwa imyaka itanu muri gereza

April 16, 2026 ICK News 0

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Afurika y’Epfo, Julius Malema, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko no […]

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi yasanzwe ku nzira yapfuye

April 16, 2026 Ibyimana Cofi 0

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi Gaby Bugaga, yasanzwe mu nzira mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2026 yapfuye, ndetse akaba yapfuye urupfu rw’amayobera. […]

The Ben amaze iminsi arwariye mu bitaro

April 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Umuhanzi Mugisha Benjamin umenyerewe ku izina rya The Ben, amaze iminsi ine ari mu bitaro kuva mu rukerera rwo ku wa Mbere, aho ari kwitabwaho […]

Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri Congo

April 15, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida, Denis Sassou Nguesso, uherutse kongera […]

Tanzania: Imvubu yishe umugabo wari ugiye kuroba

April 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umugabo witwaga Ibrahimu Almas w’ imyaka 36, wari utuye mu Mudugudu wa Kigombe mu Mujyi wa Tabora muri Tanzania, yitabye Imana nyuma yo gusagarirwa n’imvubu […]

Kirehe: Batanu batawe muri yombi bakekwaho gutunda no gucuruza kanyanga

April 15, 2026 Manishimwe Janvier 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kirehe, ku bufatanye n’inzego z’ibanze, iz’umutekano n’abaturage, yataye muri yombi abantu batanu barimo abagabo bane n’umugore umwe bakekwaho […]

Romuald Wadagni yatorewe kuba Perezida wa Bénin

April 14, 2026 ICK News 0

Komisiyo y’Igihugu Yigenga Ishinzwe Amatora muri Bénin, (CENA), mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 13 Mata 2026, yatangaje ko Romuald Wadagni wari Minisitiri w’Imari […]

‎REG yasabye abasarura ibiti kwirinda kwangiza imiyoboro y’amashanyarazi

April 14, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG), kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mata 2026, cyongeye kwibutsa abaturarwanda kwitwararika mu gihe basarura ibiti, cyane cyane ahari imiyoboro […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 6 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS