• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: April 2026

‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

April 17, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

April 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

Afurika y’Epfo : Julius Malema yakatiwe gufungwa imyaka itanu muri gereza

April 16, 2026 ICK News 0

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Afurika y’Epfo, Julius Malema, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko no […]

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi yasanzwe ku nzira yapfuye

April 16, 2026 Ibyimana Cofi 0

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi Gaby Bugaga, yasanzwe mu nzira mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2026 yapfuye, ndetse akaba yapfuye urupfu rw’amayobera. […]

The Ben amaze iminsi arwariye mu bitaro

April 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Umuhanzi Mugisha Benjamin umenyerewe ku izina rya The Ben, amaze iminsi ine ari mu bitaro kuva mu rukerera rwo ku wa Mbere, aho ari kwitabwaho […]

Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri Congo

April 15, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida, Denis Sassou Nguesso, uherutse kongera […]

Tanzania: Imvubu yishe umugabo wari ugiye kuroba

April 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umugabo witwaga Ibrahimu Almas w’ imyaka 36, wari utuye mu Mudugudu wa Kigombe mu Mujyi wa Tabora muri Tanzania, yitabye Imana nyuma yo gusagarirwa n’imvubu […]

Kirehe: Batanu batawe muri yombi bakekwaho gutunda no gucuruza kanyanga

April 15, 2026 Manishimwe Janvier 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kirehe, ku bufatanye n’inzego z’ibanze, iz’umutekano n’abaturage, yataye muri yombi abantu batanu barimo abagabo bane n’umugore umwe bakekwaho […]

Romuald Wadagni yatorewe kuba Perezida wa Bénin

April 14, 2026 ICK News 0

Komisiyo y’Igihugu Yigenga Ishinzwe Amatora muri Bénin, (CENA), mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 13 Mata 2026, yatangaje ko Romuald Wadagni wari Minisitiri w’Imari […]

‎REG yasabye abasarura ibiti kwirinda kwangiza imiyoboro y’amashanyarazi

April 14, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG), kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mata 2026, cyongeye kwibutsa abaturarwanda kwitwararika mu gihe basarura ibiti, cyane cyane ahari imiyoboro […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 6 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihizaUmunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsikoigira iti: “Umuganura, isoko y’ubumwe n’inshingiro ryokwigira.” Muri uwo muhango wabereye mu Kagari ka Gatanga, abaturagebatabashije kubona umusaruro baganujwe, hanorozwa inkaimiryango ibiri itishoboye mu rwego rwo guteza imbereimibereho myiza n’ubwizigame. Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yavuzeko insanganyamatsiko y’uyu mwaka yibutsa Abanyarwanda ko ubumwe ari bwo shingiro ry’igihugu, naho kwigira akaba ari yonzira y’iterambere rirambye ridashingiye ku nkunga ziturukahanze. Yagize ati “Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyumatukibuka ko abasokuru bacu basangiraga umusaruronk’ikimenyetso cy’ubumwe. Uyu munsi uratwibutsa gukomezagusigasira indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo gukundaigihugu, gukora umurimo unoze, gufashanya, gutabarana no gusabana.” Ni mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurengewa Ruhuha, Marthe Uwamugira, yavuze ko Umuganura ariumuco nyarwanda wihariye wibutsa Abanyarwanda gushimiraibyo bagezeho, gusangira umusaruro no kongera gutekereza kubyo bagomba gukora kugira ngo ejo hazaza harusheho kubaheza. Ati “Uyu munsi si uwo kureba gusa ibyo twagezeho, ahubwo niumwanya wo kwishimira ibyagezweho, gushimira uruhare rwaburi wese no kongera kwiyemeza gukora ibikorwa biteza imbereimiryango yacu. Iterambere rirambye rishingira ku ruhare rwaburi muturage.” Yakomeje asaba abaturage gukomeza gukorana n’ubuyobozi, kwitabira gahunda za Leta zigamije iterambere, kurangwan’isuku, kwita ku burezi bw’abana no kwirinda guta amashuri, kwita ku buzima birinda inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranengen’ibiyobyabwenge, guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi ndetse no kugira uruhare mu kubungabunga umutekano n’imiberehomyiza.  Yibukije kandi ko kwigira bisaba gukora no kudategerezainkunga, avuga ko “akimuhana kaza imvura ihise.” Inararibonye Ntaganzwa Jean Claude yavuze ko Umuganurawigisha buri Munyarwanda gusuzuma amahitamo yakozen’umusaruro yagezeho kugira ngo amenye aho yakosheje n’ahoakwiriye kongera imbaraga. Yagize ati: “Dukwiye gusubiza amaso inyuma tukareba ibyotwagezeho n’ibyo tutagezeho tukibaza impamvu. Ibyobizadufasha kongera umusaruro mu mwaka utaha. Tugombagukura amaboko mu mufuka, tugakora, tukigira kuko igihugucyubakwa n’abaturage bacyo bakora.” Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’uyu munsi, abaturage batabashije kubona umusaruro baganujwe basangiran’abandi, hanorozwa inka imiryango ibiri itishoboye mu rwegorwo kuyifasha kwiteza imbere no kongera ubushobozi bwokwigira. Umunsi w’Umuganura waranzwe no gusangira umusaruro,abaturage bagaragaza ko gukomeza ubumwe, gusangira no gukorera hamwe ari imwe mu nkingi zubaka iterambererirambye ry’igihugu. Umwanditsi: Sifa Falka

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS