• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: April 2025

Boost Your Career! ICK and CLA Announce CPA and CAT Course Calendar for 2025

April 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

The Institut Catholique de Kabgayi (ICK), in collaboration with Cornerstone and Luthien Advisory (CLA), has announced the official academic calendar for the May to August […]

U Bwongereza bwatangiye iperereza ku rubuga rukekwaho kugirana isano n’impfu z’abarenga 50

April 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Urwego rushinzwe gucunga Itangazamakuru mu Bwongereza, Ofcom, rwatangaje ku wa Gatatu rwatangije iperereza ku rubuga rwa internet bivugwa ko rufitanye isano n’urupfu rw’abantu 50 mu […]

Trump yacururutse, ariko si kuri bose  

April 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]

Alain Muku yasezeweho bwa nyuma

April 10, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Mata 2025 nibwo Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma i Rulindo aho avuka. Misa yo kumuherekeza no kumusezeraho yabereye […]

Cost of Living Keeps Climbing-NISR

April 10, 2025 Philos Muhire 0

According to the latest report from the National Institute of Statistics of Rwanda (NISR), the Urban Consumer Price Index (CPI), used as the headline figure […]

Umwami w’u Bwongereza yasuye Papa Fransisiko

April 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze  n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza  Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]

Abasuye u Rwanda bakoresheje hafi miliyoni $600 muri serivisi z’ingendo muri 2024

April 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]

Sinshaka gupfa, tuve hano – ubuhamya bwa Murangwayire Liliane

April 9, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Mu 1986, ababyeyi ba Murangwayire Lillianne bafashe umwanzuro wo kumwohereza muri Komini Shyorongi, Akarere ka Nyarugenge y’ubu, ho mu mujyi wa Kigali. Uyu mwana uvuka […]

Imiterere y’ubutegetsi mu cyahoze ari Gitarama mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Hashize imyaka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye. Mu yahoze ari Perefegitura ya Gitarama, Jenoside yashyizwe mu bikorwa nyuma y’inama yabereye i Murambi kuwa […]

Dominican Republic: 98 bagwiriwe n’akabyiniro barapfa

April 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ubuyobozi mu gihugu cya Dominican Republic bwatangaje ko abantu 98 aribo bamaze kumenyekana ko bapfuye, abandi barenga 150 barakomereka nyuma yuko bagwiriwe n’igisenge cya kabyiniro […]

Posts pagination

« 1 … 8 9 10 … 13 »

AMAKURU MASHYA

  • Muhanga: Abanyeshuri bo muri Cyeza bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

    Urubyiruko rwo mu mashuri abanza n’ayisumbuye yo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, rwazindukiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside […]

  • No Image

    Urubyiruko rwa Diyosezi za Kabgayi na Butare rwasobanuriwe gahunda ya “Study Now, Pay Later”

    Urubyiruko ruturutse muri Diyosezi za Kabgayi na Butare rwasobanuriwe amahirwe yo gukomeza amashuri makuru na kaminuza binyuze muri gahunda ya “Study Now, Pay Later” itangwa […]

  • Perezida Kagame na Samia Suluhu bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu mugoroba tariki 19 Gicurasi 2026, yakiriye Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, […]

  • Kenya: Abantu bane baguye mu myigaragambyo i Nairobi

    Abantu bane bamaze kwitaba Imana mu gihe abandi barenga 30 bakomerekeye mu myigaragambyo yabereye muri Kenya yamaganaga izamuka rikabije ry’ibiciro bya lisansi, ryatewe n’izamuka ry’ibiciro […]

  • Kenya: Imyigaragambyo yamagana izamuka rya lisansi yahagaritse ibikorwa byinshi i Nairobi.

    Umujyi wa Nairobi muri Kenya uri mu gihirahiro kuri uyu wa Mbere tariki 18 Gicurasi 2026, nyuma y’imyigaragambyo yamaganaga izamuka ry’ibiciro bya lisansi, ibintu byahungabanije […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS