Espagne: Abantu batanu bapfiriye mu iturika ry’ikirombe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, Koreya y’Epfo, u Bushinwa n’u Buyapani bagiranye ibiganiro by’ubukungu hagamijwe koroshya ubucuruzi mu karere. Ibi biganiro bibaye […]
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, hakinwe imikino ya nyuma y’Umurenge Kagame Cup mu ntara y’Iburasirazuba mu rwego rwo gushaka amakipe azahagararira iyi […]
Uyu munsi tariki ya 30 Werurwe 2025, Abayisilamu bo hirya no hino ku Isi bizihije Eid al-Fitr, umwe mu minsi mikuru ikomeye kuri kalindari y’idini […]
Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Claudette Irere arasaba abanyeshuri biga mu mashuri nderabarezi kuzirikana ko biga mu mashuri yihariye bityo ko bakwiye guharanira kugira […]
This Saturday Mid-day, Hotel Saint André Kabgayi has unveiled a newly constructed building aimed at improving customer experience and expanding its service offerings. The official […]
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Werurwe 2025, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepisikopi wa Diyoseze ya Kabgayi yatashye kumugaragaro anaha umugisha inyubako […]
Umunyamabanga wa Leta ya Vatikani, Kardinali Pietro Parolin yavuze ko Vatikani iteganya gushaka uburyo bushya bwo kuyobora Kiliziya mu gihe Papa Fransisiko yabura imbaraga zituma […]
Justin Welby wahoze ari Musenyeri Mukuru wa Canterbury yatangaje ko atigeze akurikirana bihagije ibirego by’ihohoterwa ryakorewe mu Itorero Angilikani ry’u Bwongereza kubera ko ubwinshi bwabyo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS