• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: December 2024

Uko 2024 isojwe hirya ni hino mu Rwanda

December 31, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abanyamakuru: Aline Umutesi & Papias Irambona Abanyarwanda hirya ni hino mu gihugu bamaze kwinjira mu mwaka mushya wa 2025. Umwaka hari abawinjiyemo bari mu masengesho, […]

Dufate imigambi mishya-Ubutumwa bw’Umwepiskopi wa Kabgayi busoza 2024

December 31, 2024 Philos Muhire 0

Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiksopi wa Diyosezi ya Kabgayi yasabye abakirisitu gufata imigambi mishya mu mwaka mushya wa 2025, irimo gukuza ubuvandimwe n’umubano mwiza mu bandi. […]

Batanu bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa Liam Payne

December 31, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubushinjacyaha bwa Argentine bukurikiranye abantu batanu bashinjwa kugira uruhare mu urupfu rw’umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One direction Urupfu rw’icyamamare mu muziki Liam […]

Nyuma y’imyaka 8 mu rubanza, Angelina Jolie na Brad Pitt bumvikanye kuri gatanya

December 31, 2024 Umutesi Aline 0

James Simon, umwunganizi mu mategeko wa Angelina Jolie yatangaje ko umukiriya we n’uwahoze ari umugabo we, Brad Pitt bemeranyije kuri gatanya nyuma y’imyaka umunani bari […]

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi

December 31, 2024 IRATUZI Bardine 0

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwemeje icyemezo cyo guta muri yombi uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol kubera ko ngo yashyize […]

President Kagame’s Year-End Message to Rwanda’s Forces

December 30, 2024 ICK News 0

As the curtain falls on another year, President Paul Kagame has delivered a stirring end-of-year message, reflecting on the achievements and sacrifices of Rwanda’s Defence […]

Kabgayi Eye Unit Restores Vision to an Entire Family

December 30, 2024 Kwihangana Joshua 0

For over three years, the Kabgayi Eye Unit, in partnership with the See You Non-Government Organization, has been providing specialized eye care to children under […]

Malayika yaratugendereye-Imbamutima z’Umuryango wa Ntakiturimana wavuwe amaso

December 30, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Imyaka isaga itatu irashize Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’umuryango ‘See you’ batanga ubuvuzi bw’amaso ku bana bari munsi y’imyaka 18 mu turere twose […]

Umunyarwanda uzigama 10,000Frw ku kwezi yagenda mu ndege

December 30, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Abanyarwanda benshi batekereza ko kugenda mu ndege bifite abo bigenewe kurusha abandi. Abatekereza gutyo, ahanini babiterwa no kumva ko badafite ubushobozi bubemerera kwigondera itike yayo. […]

Kamonyi: Intore z’Inkomezabigwi zatumwe ku rugerero

December 29, 2024 Muvunankiko Valens 0

Kuri iki cyumweru taliki ya 29 Ukuboza 2024 mu Karere ka Kamonyi mu ntara y’Amajyepfo habereye umuhango wo gutuma Intore z’Inkomezabigwi, icyiciro cya 12 k’urugerero. […]

Posts pagination

1 2 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS