• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Mali, Burkina Faso na Niger bavuye muri ECOWAS

January 30, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ibihugu bitatu biyobowe n’igisirikare byavuye ku mugaragaro mu muryango w’Akarere ka Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS), nyuma y’umwaka urenga w’amakimbirane ya diplomasi. Uku kwivana muri ECOWAS kuje […]

Gicumbi: Abikorera barasabwa gushyigikira iterambere ry’akarere

January 30, 2025 Ishimwe Honore 0

Mu nama nyunguranabitekerezo hagati y’abahagarariye Ikigo cy’Igihugu cy’imiyoborere (RGB), abayobozi b’Akarere ka Gicumbi n’abafatanyabikorwa b’Akarere (JADF) abikorera bibumbiye muri PSF bongeye kwibutsa ko uruhare rwabo […]

Sudani y’Epfo: Abantu 20 bapfiriye mu mpanuka y’indege

January 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuntu umwe gusa ni we warokotse impanuka y’indege yabereye muri Sudani y’Epfo, yahitanye abakozi 20 bakoraga mu bucukuzi bwa peteroli, nk’uko byatangajwe na leta. Minisitiri […]

Amerika: Indege ebyiri zagonganiye mu kirere

January 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege itwara abagenzi yarimo abantu 64 barimo abagenzi n’abakozi bayo yaguye mu ruzi rwa Potomac i Washington DC nyuma yo kugonganira mu kirere na kajugujugu […]

Nyagatare: Barasaba BDF koroshya uburyo bwo kubona inguzanyo

January 29, 2025 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyagatare barasaba Ikigega Gitera Inkunga Imishinga y’Iterambere (BDF) koroshya uburyo bwo kubona inguzanyo hakurwaho amananiza akiri mu binyanye no kubona […]

Amerika ihangayikishijwe na ‘DeepSeek’ y’u Bushinwa

January 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Izamuka ritangaje ry’ikigo cy’ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa ‘DeepSeek’ ryateje impagarara mu isi y’ubwenge bukorano (AI), yari isanzwe iyobowe na Leta Zunze ubumwe za Amerika. Ukuri […]

Nyagatare: Indege zitagira abapilote zigiye gutwara imiti ku mavuriro y’ibanze

January 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga imiti (RMS) buherutse gutangaza  ko bitarenze ukwezi kwa Gashyantare 2025, izatangiza gahunda yo gukwirakwiza imiti hifashishijwe ikoranabuhanga ry’indege zitagira Abapilote […]

Amateka yisubiyemo: APR FC na Police FC zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari

January 29, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) ndetse n’ikipe y’Igipolisi cy’ u Rwanda (Police FC) zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari zisezereye ikipe […]

Gatsibo: Haravugwa amarerero adafite ubwiherero bworohereza abana bafite ubumuga

January 28, 2025 Ishimwe Honore 0

Amwe mu marerero yo mu rugo azwi nka ‘Home based ECD’ yo mu karere ka Gatsibo mu ntara y’iburasirazuba, aravugwaho kutagira ubwiherero bufasha abana bafite […]

ICK: Habereye igikorwa cyo gutanga amaraso afashishwa abarwayi

January 27, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, mu Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) habereye igikorwa cyo gutanga amaraso kitabiriwe n’abantu batandukanye ariko biganjemo […]

Posts pagination

« 1 … 89 90 91 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS