• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Abakekwaho iterabwoba 37 bafatiwe muri Afurika y’Iburasirazuba-Interpol

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, Police mpuzamahanga ya Interpol yatangaje ko abantu 37 bakekwaho iterabwoba, barimo abakekwaho kuba muri leta ya […]

Pope Francis urged journalists to share news that brings hope to people

January 27, 2025 Kwihangana Joshua 0

From January 24 to January 29, 2025, members of the Catholic Journalists’ Association (SIGNIS) from around the world gathered in Rome, Vatican City. Some of […]

Nigeria: Intagondwa za Boko Haram zishe abasirikare 20

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku cyumweru, tariki ya 26 Mutarama 2025, abashinzwe umutekano ndetse’abaturage bavuga ko abakekwaho kuba abarwanyi b’intagondwa za kisilamu bishe byibuze abasirikare 20 bo muri Nigeria, […]

Papa Fransisiko yasabye abanyamakuru gutangaza amakuru atanga ihumure ku bantu

January 27, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuva kuwa 24 kugeza kuwa 29 Mutarama 2025,  abagize  ihuriro ry’Abanyamakuru Gatolika (SIGNIS) baturutse ku isi hose, bateraniye I Roma mu gihugu cya Vatikani.  zimwe […]

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yashinjwe kwigomeka

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yashinjwe icyaha cyo kwigomeka nyuma yo gutangaza amategeko ya gisirikare yo mu bihe bidasanzwe ku wa 3 […]

Gicumbi: Muri Kamena 2025 abatuye Nyakabungo bazaba bafite ibiro by’akagari

January 26, 2025 Ishimwe Honore 0

Nyuma y’imyaka 30 abatuye mu kagari ka Nyakabungo mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi batagira ibiro by’akagari bagiye kubyubakirwa kuburyo bizaba byuzuye mu […]

Unemployment Rate in Rwanda Drops to 14.7% in November 2024

January 26, 2025 Kwihangana Joshua 0

Rwanda’s unemployment rate decreased to 14.7% in November 2024, a 2.1 percentage point drop from 16.8% in the same period the previous year, according to […]

Amerika yahagaritse inkunga hafi ya zose yageneraga amahanga

January 26, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse guhagarika gutanga inkunga nshya hafi ya zose z’ibikorwa by’ubufasha mu mahanga, nyuma y’itegeko rya ryasinyweho […]

ICK: Ten Journalists of ICK News Trained in Website Management

January 25, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

The Institute Catholique de Kabgayi ICK in partnership with the Rwanda Media Program on Friday, January 24, 2025 concluded five day training on Website management. […]

Umurenge wa Nyamabuye watangije icyumweru cyo guhangana n’isuri

January 25, 2025 UMUTONIWASE Christella 0

Umurenge wa Nyamabuye watangije gahunda yo guhagarika  isuri yari imaze iminsi yibasira ibishanga bifatiye runini abaturage biganjemo abahinzi. Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 25 […]

Posts pagination

« 1 … 90 91 92 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS