• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Nigeria: Batanu bakatiwe urwo gupfa kubera kwica uwakekwagaho kuba ‘umurozi’

February 4, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abagabo batanu bakatiwe igihano cyo kwicwa bamanitswe muri leta ya Kano muri Nigeria nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore bashinjaga kuba umurozi muri 2023. […]

World Cancer Day: Rwanda making good progress in treatment

February 4, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Across the globe, individuals, organizations, and governments are uniting today to observe World Cancer Day, a day dedicated to raising awareness about cancer, honoring the […]

Ku Mulindi: Urubyiruko rw’i Ngoma rwatemberejwe Ingoro y’Amateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda

February 4, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Kuri uyu wa Mbere tariki 3 Gashyantare 2025 itsinda ry’abaturage 145 b’Akarere ka Ngoma biganjemo urubyiruko basuye ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda ku […]

Gatsibo-Rwagitima: Bahangayikishijwe n’ubwiyongere bw’abana bo ku muhanda

February 4, 2025 Ishimwe Honore 0

Mu isantire y’ubucuruzi ya Rwagitima iherereye mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Gatsibo, haravugwa ubwiyongere bw’abana bo ku muhanda bazwi nk’abamarine. Bamwe mu baturage, […]

Rwanda’s Exports Surge, Imports Decline

February 4, 2025 Philos Muhire 0

The National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) has published its December 2024 Formal External Trade in Goods report, revealing a remarkable improvement in the […]

Kamonyi: Barasaba igisubizo kirambye ku muhanda wangizwa na za HOWO

February 3, 2025 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Wimana, Akagari ka Kivumu ho mu Murenge wa Musambira barasaba ubuyobozi gushaka igisubizo kirambye ku iyangirika ry’umuhanda uva kuri […]

Abashinzwe Umutekano wa Papa: Amateka, uko batoranywa n’uko bakora akazi kabo

February 3, 2025 Philos Muhire 0

Ku Isi yose, umutekano w’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ni ikintu cy’ingenzi, kikaba cyarashyizwe mu biganza by’ingabo zidasanzwe zizwi nka Swiss Guard. Aba ni abasirikare barinda […]

Syria: 15 bahitanywe n’igisasu cyaturikiye mu modoka

February 3, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abashinzwe umutekano muri Syria batangaje ko byibuze abantu 15 bapfuye abandi benshi bagakomerekera mu gitero cy’ubwiyahuzi kuri uyu wa Mbere, ubwo igisasu cyari giteze mu […]

Ibintu birindwi by’uburanga buhebuje kuri iyi si

February 3, 2025 Philos Muhire 0

Mu mateka y’isi, hari ahantu hari ibikorwa bifatwa nk’igitangaza kubera ubwiza, amateka n’ubuhanga bwakoreshejwe mu kubaka. Muri 2007, nibwo hatowe ibikorwa birindwi by’igitangaza ku isi, […]

Trump yikomye itegeko rishya ry’ubutaka muri Afurika y’Epfo

February 3, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri iki Cyumweru Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Afurika y’Epfo iri “kwambura” abantu ubutaka no “gufata nabi amatsinda amwe […]

Posts pagination

« 1 … 87 88 89 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS