• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Trump yafatiye ibihano Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha

February 7, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasinye itegeko rya Perezida rishyiraho ibihano ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), arushinja “ibikorwa bitemewe kandi bidafite […]

I&M Bank yafunguye ishami i Muhanga, abikorera berekwa amahirwe yo gukorana na yo

February 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 6 Mutarama 2025, I&M Bank yafunguye ku mugararagaro ishami ryayo mu Karere ka Muhanga mu ntara y’amajyepfo mu rwego […]

Gicumbi: Guverineri yasabye abayobozi kutajenjekera ababyeyi badatanga ifu y’ igikoma cy’abana

February 7, 2025 Ishimwe Honore 0

Mu ruzinduko yagiriye mu Karere ka Gicumbi kuri uyu wa 6 Gashyantare 2025, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yasabye ababyeyi kwita ku ntungamubiri z’ibyo bagaburira […]

Mahama Business Center: Igisubizo ku bacuruzi n’impunzi

February 6, 2025 ICK News 0

Tariki 4 Gashyantare 2025, ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe ku bufatanye na Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) bafunguye ku mugaragaro inzu y’ubucuruzi yiswe ‘Mahama Business Center’. […]

Argentine: Perezida Milei yatangaje ko Argentine izava muri OMS

February 6, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Argentine, Javier Milei, yateye ikirenge mu cya Donald Trump atangaza ko igihugu cye nacyo kizava mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS). […]

Ihagarikwa ry’inkunga ya USAID: Ingaruka n’isomo ku bayobora ibihugu muri Afurika

February 6, 2025 Philos Muhire 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 5 Gashyantare 2025, USAID yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 7 Gashyantare 2025, abakozi bose […]

Gicumbi: Ubuto bw’ibyumba, isakaro rishaje mu bibangamira abivuriza i Muko

February 5, 2025 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko barasaba inzego z’ubuyobozi kwita ku bibazo binyuranye bigaragara ku Kigonderabuzima cya Muko. Bimwe mu […]

Amerika irashaka kwigarurira Gaza, Abanyepalesitine bakimurirwa ahandi

February 5, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida Donald Trump yavuze ko Leta zunze ubumwe za Amerika iteganya kwigarura agace ka Gaza ikagahindura “Riviera yo mu burasirazuba bwo Hagati”. Nyuma y’uko Gaza […]

Uganda: Abayobozi 9 bafunzwe kubera iyibwa rya banki nkuru

February 5, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abakozi icyenda ba Minisiteri y’Imari kugira ngo bakorweho iperereza ku birego bifitanye isano n’iyibwa rya banki nkuru […]

Muhanga : Yakatiwe burundu nyuma yo kwica umugore we

February 4, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa 04 Gashyantare 2025 mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Gifumba, Umurenge wa Nyamabuye, Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwahamije icyaha cyo kwica ku […]

Posts pagination

« 1 … 86 87 88 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS