• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Rayon Sports itsinze Musanze ifata umwanya wa mbere

November 7, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Musanze FC kuri stade Ubworoherane igitego 1-0. Byari mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona, ibyatumye Rayon Sports yuzuza imikino […]

Miss Muheto yakatiwe igifungo cy’amezi atatu asubitse

November 6, 2024 ICK News 0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahanishije Miss Nshuti Muheto Divine igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Miss Muheto yahawe iki gihano nyuma yo guhamwa […]

Igisobanuro cy’itorwa rya Trump kuri Afurika

November 6, 2024 Kwihangana Joshua 0

Muri iki gitondo, nibwo inkuru yabaye kimomo ko Donald John Trump yatsindiye kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine iri imbere. Iyi […]

Ingaruka z’isukari ku mwana utaruzuza iminsi igihumbi

November 5, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ubushakashatsi bwasohotse muri ‘Journal Science’ bwerekanye ko kugabanya isukari mu minsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana bigabanya ibyago byo kurwara indwara zidakira mu gihe yakuze. […]

Ikinyarwanda kirazira iki?

November 5, 2024 Dushimimana Innocent 0

Ikinyarwanda ni ururimi kavukire rw’Abanyarwanda rukaba ari na rwo rubahuza uko bangana. Kuva i Burasirazuba ugana i Burengerazuba ndetse no kuva mu Majyepfo werekeza mu […]

Nta Mpungenge-RAB irahumuriza abatarabona imvura ihagije

November 5, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu Ukwakira 2024, nibwo mu gihugu hose hatangijwe igihembwe cya mbere cy’ihinga cy’umwaka wa 2024/2025. Icyakora, n’ubwo abahinzi bakanguriwe guhinga neza kugira ngo bazagire umusaruro […]

Amerika: Gutorwa na benshi sibyo byemeza uba Perezida

November 5, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo, abaturage bagera mu ma miliyoni z’Abanyamerika baratora Umukuru w’Igihugu. Ni amatora ahanzwe amaso cyane n’ingeri z’abantu banyuranye […]

Amerika: Gutangaza ibyavuye mu matora muri uyu mwaka bishobora gutinda

November 5, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo 2024, Miliyoni z’abanyamerika baramukiye mu gikorwa cy’amatora yo guhitamo perezida wa 48 uzayobora iki gihugu mu myaka […]

Rwanda’s Unique Observance of All Saints’ Day

November 5, 2024 KWIZERA Bernard 0

Each year on November 1st, the Catholic Church honors All Saints’ Day, a day of reverence for both named and unnamed saints. This globally significant […]

Menya umwihariko w’u Rwanda mu guhimbaza umunsi mukuru w’abatagatifu bose

November 5, 2024 KWIZERA Bernard 0

Tariki ya 1 Ugushyingo buri mwaka, abakristu ba Kiliziya Gatolika ku Isi bahimbaza Umunsi mukuru w’Abatagatifu bose, abazwi n’abatazwi. Mu bihugu binyuranye ku isi, uhereye […]

Posts pagination

« 1 … 114 115 116 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS